Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu ari kurangishwa kuri murandasi
Minisitiri w'intebe wa Israel Benjamin Netanyahu amakuru yamugezeho ko yapfuye. Na we yatunguwe avuga ko yabibonye ku mbuga nkoranyambaga ko Iran yamuhitanye.
Kuri Murandasi, amakuru akomeje gucicikana aho abantu bari kwibaza agace Banjemin Netanyahu yaba aherereyemo nyuma y’uko hakwirakwiriye ibihuha by’urupfu rwe.
Mu rwego rwo kuvuguruza Iran yari yatangaje ko Benjamin Netanyahu yarashwe agapfa, REUTERS yazindutse yandika ko uwo mugabo ari muyobozi ndetse akomeje akazi ke nk’ibisanzwe.
Banditse bati”Hari amashusho Benjamin Netanyahu yashyize hanze yerekana ko ari muzima. Yari ahantu I Jerusalem anyway ikawa n’abo bakorana”
Minisitiri w'intebe wa Israel bamubitse ari muzima
Mu kugenzura aho yari ari n’igihe ayo mashusho yafatiwe, REUTERS yasanze yarafashwe ku wa 15 Werurwe 2026 ari I Jerusalem.
Netanyahu azwiho kudakora ibiganiro n’itangazamakuru mu rwego rwo kwirinda ko umwanzi yamenya amakuru y’aho aherereye.


Kinyarwanda
English
Swahili









