issa
Jado Dukuze yabisikanye na Léonidas Ndayisaba

Jado Dukuze yabisikanye na Léonidas Ndayisaba

Mar 16, 2026 - 10:24
 0

Umunyamakuru Dukuzimana Jean De Dieu yimukiye ku Isibo Fm&Isibo Tv mu kiganiro cy'imikino kitwa Isibo Sports.


Kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2026 Dukuzimana Jean De Dieu yakiriwe nk’umunyamakuru mushya ku Isibo Fm na Isibo Tv by’umwihariko mu kiganiro cy’imikino. Ubwo yakirwaga mu kiganiro yagize ati”Ndumva nisanga kurusha ahandi nakoze. Iyi radio ifite umwuka nk’uwa Radio Salus. Nishimiye kuba ndi hano”

Mu gihe yakiriwe ku Isibo Fm, mugenzi we Léonidas Ndayisaba wakoraga kuri iyo radio mu gihe cy’imyaka isaga ibiri, nawe yakiriwe kuri Radio&TV10 mu kiganiro kitwa 10Sports (Urukiko). Dukuzimana Jean De Dieu yize itangazamakuru muri Kaminuza y’u Rwanda. Yakoze kuri Radio Salus,Radio&TV10, isango Star, Royal Fm,Radio&TV1,Ruhago yacu,Fan Club na IGIHE.

Jado Dukuze yabisikanye na Léonidas Ndayisaba

Mar 16, 2026 - 10:24
 0
Jado Dukuze yabisikanye na Léonidas Ndayisaba

Umunyamakuru Dukuzimana Jean De Dieu yimukiye ku Isibo Fm&Isibo Tv mu kiganiro cy'imikino kitwa Isibo Sports.


Kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2026 Dukuzimana Jean De Dieu yakiriwe nk’umunyamakuru mushya ku Isibo Fm na Isibo Tv by’umwihariko mu kiganiro cy’imikino. Ubwo yakirwaga mu kiganiro yagize ati”Ndumva nisanga kurusha ahandi nakoze. Iyi radio ifite umwuka nk’uwa Radio Salus. Nishimiye kuba ndi hano”

Mu gihe yakiriwe ku Isibo Fm, mugenzi we Léonidas Ndayisaba wakoraga kuri iyo radio mu gihe cy’imyaka isaga ibiri, nawe yakiriwe kuri Radio&TV10 mu kiganiro kitwa 10Sports (Urukiko). Dukuzimana Jean De Dieu yize itangazamakuru muri Kaminuza y’u Rwanda. Yakoze kuri Radio Salus,Radio&TV10, isango Star, Royal Fm,Radio&TV1,Ruhago yacu,Fan Club na IGIHE.