issa
Sudan yihimuye kuri Kenya   

Sudan yihimuye kuri Kenya  

Mar 16, 2025 - 10:48
 0

Igihugu cya Sudan kihimuye kuri Kenya nyuma yo kuyishinja gushyigikira  umutwe wa Forces de Soutien Rapide (FSR) barwanya Leta ya Sudani ishoza intambara muri iki gihugu.


Kubera iyo mpamvu, ubuyobozi buvuga ko bwafashe icyo cyemezo, cy’uko nta bicuruzwa bya Kenya bizongera kwinjizwa muri Sudan.

Ni icyemezo kandi ngo kigomba guhita gitangira kubahirizwa nk’uko bikubiye mu itangazo, ryasohowe na Minisiteri y’Ubucuruzi ya Sudani nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya Leta ya Sudani, SUNNA.

Gusa mbere yo gufata umwanzuro wo guhagarika ibicuruzwa bya Kenya, mu minsi ishize, Guverinoma ya Sudan yari yabanje gutumiza Ambasaderi wayo muri Kenya, kubera umubano utameze neza hagati y’ibihugu byombi.

Abarwanyi b’umutwe wa FSR  bamaze imyaka ibiri bari mu ntambara, bahanganyemo n’igisirikare cyane Leta ya Sudani.

 

Sudan yihimuye kuri Kenya  

Mar 16, 2025 - 10:48
 0
Sudan yihimuye kuri Kenya   

Igihugu cya Sudan kihimuye kuri Kenya nyuma yo kuyishinja gushyigikira  umutwe wa Forces de Soutien Rapide (FSR) barwanya Leta ya Sudani ishoza intambara muri iki gihugu.


Kubera iyo mpamvu, ubuyobozi buvuga ko bwafashe icyo cyemezo, cy’uko nta bicuruzwa bya Kenya bizongera kwinjizwa muri Sudan.

Ni icyemezo kandi ngo kigomba guhita gitangira kubahirizwa nk’uko bikubiye mu itangazo, ryasohowe na Minisiteri y’Ubucuruzi ya Sudani nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya Leta ya Sudani, SUNNA.

Gusa mbere yo gufata umwanzuro wo guhagarika ibicuruzwa bya Kenya, mu minsi ishize, Guverinoma ya Sudan yari yabanje gutumiza Ambasaderi wayo muri Kenya, kubera umubano utameze neza hagati y’ibihugu byombi.

Abarwanyi b’umutwe wa FSR  bamaze imyaka ibiri bari mu ntambara, bahanganyemo n’igisirikare cyane Leta ya Sudani.