issa
Rev.Emmanuel Ganza yitabiriye igitaramo cya Richard Nick

Rev.Emmanuel Ganza yitabiriye igitaramo cya Richard Nick

Nov 18, 2025 - 09:39
 0

Emmanuel Ganza uyobora abanyarwanda baba muri Amerika muri Leta ya New York yageze mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo.


Umushumba mukuru w’itorero House of Grace yaje mu Rwanda mu myiteguro y’igitaramo ‘Niwe Healing Concert’ cya Richard Nick gitegerejwe ku wa 29 Ugushyingo 2025 muri Bk Arena.

Akigera I Kigali yaganiriye n’itangazamakuru avuga ko yamenyanye na Richard Nick biciye mu bihangano bakomeza kuba inshuti. Yasobanuye ko afata Richard Nick nka mukuru we kandi akaba yarishimiye kuza kumushyigikira. Rev. Emmanuel Ganza afatanya ivugabutumwa n’ubuhanzi akaba ari nawe perezida w’Abanyarwanda baba I New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

REBA IKIGANIRO

Rev.Emmanuel Ganza yitabiriye igitaramo cya Richard Nick

Nov 18, 2025 - 09:39
Nov 18, 2025 - 09:43
 0
Rev.Emmanuel Ganza yitabiriye igitaramo cya Richard Nick

Emmanuel Ganza uyobora abanyarwanda baba muri Amerika muri Leta ya New York yageze mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo.


Umushumba mukuru w’itorero House of Grace yaje mu Rwanda mu myiteguro y’igitaramo ‘Niwe Healing Concert’ cya Richard Nick gitegerejwe ku wa 29 Ugushyingo 2025 muri Bk Arena.

Akigera I Kigali yaganiriye n’itangazamakuru avuga ko yamenyanye na Richard Nick biciye mu bihangano bakomeza kuba inshuti. Yasobanuye ko afata Richard Nick nka mukuru we kandi akaba yarishimiye kuza kumushyigikira. Rev. Emmanuel Ganza afatanya ivugabutumwa n’ubuhanzi akaba ari nawe perezida w’Abanyarwanda baba I New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

REBA IKIGANIRO