issa
Itariki Niyo Bosco azagira mu murenge yamenyakanye

Itariki Niyo Bosco azagira mu murenge yamenyakanye

Nov 18, 2025 - 10:08
 0

Niyo Bosco ari mu myiteguro yo kujya gusezerana mu mategeko n'umukobwa aherutse kwambika impeta akamwemerera kumubera umugore.


Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika indirimbo akabifatanya no kuba intyoza mu gucurannga gitari’Guitar’ Niyo Bosco azasezeranira mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo.

Itariki azagira mu murenge hazaba ari ku wa gatatu tariki 10 Ukuboza 2025 saa saba z’amanywa. Ku wa 17 Nzeri 2025 Niyo Bosco yambitse impeta Mukamisha Irene, mu muhango wabereye mu karere ka Bugesera kuri hoteli la Parisse Gashora.

Itariki Niyo Bosco azagira mu murenge yamenyakanye

Nov 18, 2025 - 10:08
 0
Itariki Niyo Bosco azagira mu murenge yamenyakanye

Niyo Bosco ari mu myiteguro yo kujya gusezerana mu mategeko n'umukobwa aherutse kwambika impeta akamwemerera kumubera umugore.


Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika indirimbo akabifatanya no kuba intyoza mu gucurannga gitari’Guitar’ Niyo Bosco azasezeranira mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo.

Itariki azagira mu murenge hazaba ari ku wa gatatu tariki 10 Ukuboza 2025 saa saba z’amanywa. Ku wa 17 Nzeri 2025 Niyo Bosco yambitse impeta Mukamisha Irene, mu muhango wabereye mu karere ka Bugesera kuri hoteli la Parisse Gashora.