NIDA yashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari kundangamuntu zabo

NIDA yashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari kundangamuntu zabo

Mar 10, 2025 - 13:22
 0

Nyuma y’uko hari bamwe basaba ko amafoto ari ku ndangamuntu zabo yahindurwa bitewe n’uko bayifotoje cyera bakiri bato none bakaba barakuze,Ikigo cy'Igihugu gishinzwe indangamuntu (NIDA), kivuga ko cyashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari ku ndangamuntu zabo.


Bamwe mu baturage bagaragaza ko hari Serivisi zimwe na zimwe bimwa bitewe n’amafoto ari ku irangamuntu bafotowe kera basaba ko yahindurwa.

Mugwaneza Anette ushinzwe itumanaho muri NIDA, avuga ko iki kibazo gihari bityo agasaba abaturage kubagana bakabafasha.

Ati” Nta kindi bimusaba, arabisaba , yaba ari umuntu uri mu ntara yabisaba ku murenge, umurenge ukamwakira rendevu(Rendez-Vous) yo kwifotoza.

Yavuze ko umuntu ashobora gukoresha ikoranabuhanga nko kwandikira email iki kigo. Yongeyeho ko ukeneye iyi serivisi bitamusaba ikiguzi gihambaye kuko ari 1500frw.

Abifotoje bwa mbere amafoto ajya ku indangamuntu bayifotoje mu mwaka wa 2007 hakaba hashize imyaka irenga 15 bityo bamwe bakaba bavuga ko bahindutse cyane ugereranyije n’icyo gihe nkuko ubabajije

 

NIDA yashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari kundangamuntu zabo

Mar 10, 2025 - 13:22
 0
NIDA yashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari kundangamuntu zabo

Nyuma y’uko hari bamwe basaba ko amafoto ari ku ndangamuntu zabo yahindurwa bitewe n’uko bayifotoje cyera bakiri bato none bakaba barakuze,Ikigo cy'Igihugu gishinzwe indangamuntu (NIDA), kivuga ko cyashyizeho gahunda yo gufasha abashaka guhinduza amafoto ari ku ndangamuntu zabo.


Bamwe mu baturage bagaragaza ko hari Serivisi zimwe na zimwe bimwa bitewe n’amafoto ari ku irangamuntu bafotowe kera basaba ko yahindurwa.

Mugwaneza Anette ushinzwe itumanaho muri NIDA, avuga ko iki kibazo gihari bityo agasaba abaturage kubagana bakabafasha.

Ati” Nta kindi bimusaba, arabisaba , yaba ari umuntu uri mu ntara yabisaba ku murenge, umurenge ukamwakira rendevu(Rendez-Vous) yo kwifotoza.

Yavuze ko umuntu ashobora gukoresha ikoranabuhanga nko kwandikira email iki kigo. Yongeyeho ko ukeneye iyi serivisi bitamusaba ikiguzi gihambaye kuko ari 1500frw.

Abifotoje bwa mbere amafoto ajya ku indangamuntu bayifotoje mu mwaka wa 2007 hakaba hashize imyaka irenga 15 bityo bamwe bakaba bavuga ko bahindutse cyane ugereranyije n’icyo gihe nkuko ubabajije

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.