issa
Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz 

Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz 

Apr 2, 2026 - 13:49
 0

Harmonize yanenze igitekerezo cya Diamond Platnumz cyo gusaba Arena aho yavuze ko ari kwibonekeza.


Ku mbuga nkoranyambaga zo muri Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz  hakomeje kwaka umuriro nyuma y'uko Diamond Platnumz atangaje ko biteye isoni kubona nta nzu y'imyidagaduro igezweho (Arena) iri mu gihugu.

Uyu muhanzi yabitangarije muri WCB, radiyo na Televiziyo afitemo imigabane ya 45%.

Nyuma yo kuvuga ko Leta ikwiriye kugira icyo ikora mu rwego rwo gufasha abahanzi kubona aho bataramira hagezweho.

Nyuma rero umuhanzi yaciriye inzira, Harmonize yifashe amashusho ayasakaza kuri Instagram 'Story' aho yanenze cyane igitekerezo cy'uwahoze ari sebuja.

Harmonize yagize ati"Nabonye ibyo yatangaje ku nyubako ya Arena.

Leta ifite gahunda yo kubaka Arena,ibyo birazwi. Uriya rero biriya ni ukwiyamamaza'Publicity'"

Harmonize yavuze ko yasanze Diamond Platnumz ari umuntu ukunda kwiyamamaza cyane ndetse iyo urebye ubona ko ari gushaka kwiyitirira uwo mushinga mu gihe yazaba yuzuye.

Diamond Platnumz akunze kugaragaza ko muri Tanzania hakenewe inyubako y'ibitaramo igezweho.

Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz 

Apr 2, 2026 - 13:49
Apr 2, 2026 - 13:52
 0
Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz 

Harmonize yanenze igitekerezo cya Diamond Platnumz cyo gusaba Arena aho yavuze ko ari kwibonekeza.


Ku mbuga nkoranyambaga zo muri Harmonize yifatiye ku gakanu Diamond Platnumz  hakomeje kwaka umuriro nyuma y'uko Diamond Platnumz atangaje ko biteye isoni kubona nta nzu y'imyidagaduro igezweho (Arena) iri mu gihugu.

Uyu muhanzi yabitangarije muri WCB, radiyo na Televiziyo afitemo imigabane ya 45%.

Nyuma yo kuvuga ko Leta ikwiriye kugira icyo ikora mu rwego rwo gufasha abahanzi kubona aho bataramira hagezweho.

Nyuma rero umuhanzi yaciriye inzira, Harmonize yifashe amashusho ayasakaza kuri Instagram 'Story' aho yanenze cyane igitekerezo cy'uwahoze ari sebuja.

Harmonize yagize ati"Nabonye ibyo yatangaje ku nyubako ya Arena.

Leta ifite gahunda yo kubaka Arena,ibyo birazwi. Uriya rero biriya ni ukwiyamamaza'Publicity'"

Harmonize yavuze ko yasanze Diamond Platnumz ari umuntu ukunda kwiyamamaza cyane ndetse iyo urebye ubona ko ari gushaka kwiyitirira uwo mushinga mu gihe yazaba yuzuye.

Diamond Platnumz akunze kugaragaza ko muri Tanzania hakenewe inyubako y'ibitaramo igezweho.