issa
Miliyali 4 barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi

Miliyali 4 barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi

Mar 5, 2026 - 11:27
 0

Ubushinwa, Ubuhinde,Indonesia,Bangladesh na Philippines. Nubwo ibyo bihugu ari byo bikoresha umuceri mwinshi, ntabwo ari byo bifite abaturage barya umuceri mwinshi ubaze ku muntu umwe. Nko muri Gambia umuturage arya ibiro 256.4 ku mwaka. Myanmar umuturage arya ibiro 279 ku mwaka naho ku munsi akabarirwa 1.5Kg. Ubushinwa bubarirwa muri toni miliyoni 192.8, Ubuhinde bakoresha toni zisaga miliyoni 140.3.


Imibare yerekana ko ikiribwa kiribwa cyane n’abantu benshi ku isi ari umuceri ku kigero cy’uko nibura miliyali 3.5 kugeza kuri enye barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi. Ikigega mpuzamahanga gishinzwe ibiribwa ku isi (WFP) kivuga ko kugeza ubu umuceri uribwa ku isi umwinshi uhingwa muri Aziya ku ijanisha rya 90 ni nabo kandi barya umuceri mwinshi cyane. Nibura mu 2025 abantu basaga miliyali 5 bariye umuceri nubwo hari abatari bafite amikoro yo kuwurya buri munsi.

Ubushinwa, Ubuhinde,Indonesia,Bangladesh na Philippines. Nubwo ibyo bihugu ari byo bikoresha umuceri mwinshi, ntabwo ari byo bifite abaturage barya umuceri mwinshi ubaze ku muntu umwe. Nko muri Gambia umuturage arya ibiro 256.4 ku mwaka. Myanmar umuturage arya ibiro 279 ku mwaka naho ku munsi akabarirwa 1.5Kg. Ubushinwa bubarirwa muri toni miliyoni 192.8, Ubuhinde bakoresha toni zisaga miliyoni 140.3.

Miliyali 4 barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi

Mar 5, 2026 - 11:27
 0
Miliyali 4 barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi

Ubushinwa, Ubuhinde,Indonesia,Bangladesh na Philippines. Nubwo ibyo bihugu ari byo bikoresha umuceri mwinshi, ntabwo ari byo bifite abaturage barya umuceri mwinshi ubaze ku muntu umwe. Nko muri Gambia umuturage arya ibiro 256.4 ku mwaka. Myanmar umuturage arya ibiro 279 ku mwaka naho ku munsi akabarirwa 1.5Kg. Ubushinwa bubarirwa muri toni miliyoni 192.8, Ubuhinde bakoresha toni zisaga miliyoni 140.3.


Imibare yerekana ko ikiribwa kiribwa cyane n’abantu benshi ku isi ari umuceri ku kigero cy’uko nibura miliyali 3.5 kugeza kuri enye barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi. Ikigega mpuzamahanga gishinzwe ibiribwa ku isi (WFP) kivuga ko kugeza ubu umuceri uribwa ku isi umwinshi uhingwa muri Aziya ku ijanisha rya 90 ni nabo kandi barya umuceri mwinshi cyane. Nibura mu 2025 abantu basaga miliyali 5 bariye umuceri nubwo hari abatari bafite amikoro yo kuwurya buri munsi.

Ubushinwa, Ubuhinde,Indonesia,Bangladesh na Philippines. Nubwo ibyo bihugu ari byo bikoresha umuceri mwinshi, ntabwo ari byo bifite abaturage barya umuceri mwinshi ubaze ku muntu umwe. Nko muri Gambia umuturage arya ibiro 256.4 ku mwaka. Myanmar umuturage arya ibiro 279 ku mwaka naho ku munsi akabarirwa 1.5Kg. Ubushinwa bubarirwa muri toni miliyoni 192.8, Ubuhinde bakoresha toni zisaga miliyoni 140.3.