issa
Kigali: Barifuza ko uwaririmbye " Igitenge aragitosa" abihanirwa

Kigali: Barifuza ko uwaririmbye " Igitenge aragitosa" abihanirwa

Mar 17, 2026 - 11:27
 0

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, baravuga ko bahangayikishijwe n'indirumbo yitwa Igitenge aragitosa y'umuhanzi witwa G Tuff kubera amagambo y'urukozasoni ayirimo.


Bamwe mu baganiriye na UKWELITIMES, navuga ko bifuza ko Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB rwakurikirana uyu muhanzi wasohoye iyo ndirimbo kubera ko nta butumwa buyirimo ahubwo ikomeje kurarura abana.

Habiyambere Vincent yagize ati " Koko iyo umuntu avuga ngo kubita kuri ka ka cyangwa ngo Igitenge aragitosa aba ashaka kuvuga kwigisha iki koko rubanda uretse ubusambanyi?"

Muhawenimana Clementine we yagize ati " RIB yari ukwiye kubumubaza rwose Uzi ko abana ubu bose ariyo ndirimbo baharaye? Numva bamufunga kugira ngo bibere abandi isomo kuko nta n'ubwo azimuza byose arabivuga."

Yongeyeho ko uwo muhanzi adahanwe na bagenzi be bashobora kuzasohora izindi ndirimbo zirimo amagambo nyandagazi menshi.

Ubwo uyu muhanzi G Taff yari arimo gufatwa amashusho y'iyo ndirimbo mu Murenge wa Kanyinya, yanze kugira icyo abwira umunyamakuru wa UKWELITIMES, icyo yari agambiriye ayisohora.

Ubwo hari harimo gufatwa amashusho y'iyo ndirimbo Igitenge aragitosa

Kigali: Barifuza ko uwaririmbye " Igitenge aragitosa" abihanirwa

Mar 17, 2026 - 11:27
Mar 17, 2026 - 11:52
 0
Kigali: Barifuza ko uwaririmbye " Igitenge aragitosa" abihanirwa

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, baravuga ko bahangayikishijwe n'indirumbo yitwa Igitenge aragitosa y'umuhanzi witwa G Tuff kubera amagambo y'urukozasoni ayirimo.


Bamwe mu baganiriye na UKWELITIMES, navuga ko bifuza ko Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB rwakurikirana uyu muhanzi wasohoye iyo ndirimbo kubera ko nta butumwa buyirimo ahubwo ikomeje kurarura abana.

Habiyambere Vincent yagize ati " Koko iyo umuntu avuga ngo kubita kuri ka ka cyangwa ngo Igitenge aragitosa aba ashaka kuvuga kwigisha iki koko rubanda uretse ubusambanyi?"

Muhawenimana Clementine we yagize ati " RIB yari ukwiye kubumubaza rwose Uzi ko abana ubu bose ariyo ndirimbo baharaye? Numva bamufunga kugira ngo bibere abandi isomo kuko nta n'ubwo azimuza byose arabivuga."

Yongeyeho ko uwo muhanzi adahanwe na bagenzi be bashobora kuzasohora izindi ndirimbo zirimo amagambo nyandagazi menshi.

Ubwo uyu muhanzi G Taff yari arimo gufatwa amashusho y'iyo ndirimbo mu Murenge wa Kanyinya, yanze kugira icyo abwira umunyamakuru wa UKWELITIMES, icyo yari agambiriye ayisohora.

Ubwo hari harimo gufatwa amashusho y'iyo ndirimbo Igitenge aragitosa