issa
Umunyarwanda agiye gukora amateka mu mikino njyarugamba

Umunyarwanda agiye gukora amateka mu mikino njyarugamba

Sep 25, 2025 - 09:17
 0

Umunyarwanda James Opio, agiye kwitabira bwa mbere imikino nyarugamba ya 1/2 itegurwa na PFL Africa izabera mu Rwanda.


Tariki 10 Nzeri 2025, nibwo ishyirahamwe ry’umukino njya rugamba muri Afurika PFL Africa, ryatangaje ko mu Rwanda hazabera imikino ya 1/2 izavamo abazagera ku mukino wa nyuma. 

Muri uku kumenyesha abakunzi b’iyi mikino, hanatangajwe ko James Opio ukomoka mu Rwanda ko ari umwe mu bazahangana cyane muri iyi mikino. James azaba n’umwe mu bahagarariye Afurika y’iburasirazuba.

Biteganyijwe ko iyi mikino njyarugamba izakinwa tariki 18 Ukwakira 2025 ibere muri BK Arena.

Umwe mu y’itegerejwe na benshi muri iyi mikino njyarugamba izabera mu Rwanda harimo uwuzahuza Patrick Ocheme ukomoka muri Nigeria ndetse na Abdoul Razac Sankara ukomoka muri Burkina faso. Undi mukino harimo uzahuza Nkosi Ndebele ukomoka muri Afurika y’epfo hamwe na Simbarashe Hokonya ukomoka muri Zimbabwe.

 Umunyarwanda James Opio muri iyi mikino nawe azahura na Issac Omega ukomoka muri Uganda.

Abazabasha gukomeza bakarenga iki cyiciro bazahita berekeza ku mukino wa nyuma aho biteganyijwe ko izabera mu gihugu cya Benin.

James Opio azitabira imikino ya Afurika njyarugamba bwa mbere

Philcollens Sports Journalist Tel: 0784798373

Umunyarwanda agiye gukora amateka mu mikino njyarugamba

Sep 25, 2025 - 09:17
Sep 25, 2025 - 11:31
 0
Umunyarwanda agiye gukora amateka mu mikino njyarugamba

Umunyarwanda James Opio, agiye kwitabira bwa mbere imikino nyarugamba ya 1/2 itegurwa na PFL Africa izabera mu Rwanda.


Tariki 10 Nzeri 2025, nibwo ishyirahamwe ry’umukino njya rugamba muri Afurika PFL Africa, ryatangaje ko mu Rwanda hazabera imikino ya 1/2 izavamo abazagera ku mukino wa nyuma. 

Muri uku kumenyesha abakunzi b’iyi mikino, hanatangajwe ko James Opio ukomoka mu Rwanda ko ari umwe mu bazahangana cyane muri iyi mikino. James azaba n’umwe mu bahagarariye Afurika y’iburasirazuba.

Biteganyijwe ko iyi mikino njyarugamba izakinwa tariki 18 Ukwakira 2025 ibere muri BK Arena.

Umwe mu y’itegerejwe na benshi muri iyi mikino njyarugamba izabera mu Rwanda harimo uwuzahuza Patrick Ocheme ukomoka muri Nigeria ndetse na Abdoul Razac Sankara ukomoka muri Burkina faso. Undi mukino harimo uzahuza Nkosi Ndebele ukomoka muri Afurika y’epfo hamwe na Simbarashe Hokonya ukomoka muri Zimbabwe.

 Umunyarwanda James Opio muri iyi mikino nawe azahura na Issac Omega ukomoka muri Uganda.

Abazabasha gukomeza bakarenga iki cyiciro bazahita berekeza ku mukino wa nyuma aho biteganyijwe ko izabera mu gihugu cya Benin.

James Opio azitabira imikino ya Afurika njyarugamba bwa mbere