issa
U Rwanda rwatanze impapuro zo gufata Prince Kid

U Rwanda rwatanze impapuro zo gufata Prince Kid

Feb 9, 2026 - 12:37
 0

Ubushinjacyaha bwatanze amakuru ku kibazo cya Prince Kid wafatiwe muri Amerika.


Umushinjacyaha mukuru Angélique Habyarimana yabwiye itangazamakuru ko Prince Kid yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi igihe cyose yaba abonetse.

Ni ibyatangarijwe ku Cyicaro cy'Urukiko Rw'Ikirenga ku wa 09 Gashyantare 2026 mu gutangiza Icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu nkiko. Angélique Habyarimana yagize ati"Twatanze impapuro zo kumuta muri yombi. Bitwara igihe bitewe n'igihugu "

Prince Kid yafatiwe muri Amerika mu mwaka wa 2025 ariko Leta y'u Rwanda yahise imenyesha Amerika ko yatorotse Ubutabera. Kuri ubu rero hategerejwe igihe yazafatirwa akoherezwa mu Rwanda agakora igihano yakatiwe n'inkiko.

U Rwanda rwatanze impapuro zo gufata Prince Kid

Feb 9, 2026 - 12:37
Feb 9, 2026 - 12:50
 0
U Rwanda rwatanze impapuro zo gufata Prince Kid

Ubushinjacyaha bwatanze amakuru ku kibazo cya Prince Kid wafatiwe muri Amerika.


Umushinjacyaha mukuru Angélique Habyarimana yabwiye itangazamakuru ko Prince Kid yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi igihe cyose yaba abonetse.

Ni ibyatangarijwe ku Cyicaro cy'Urukiko Rw'Ikirenga ku wa 09 Gashyantare 2026 mu gutangiza Icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu nkiko. Angélique Habyarimana yagize ati"Twatanze impapuro zo kumuta muri yombi. Bitwara igihe bitewe n'igihugu "

Prince Kid yafatiwe muri Amerika mu mwaka wa 2025 ariko Leta y'u Rwanda yahise imenyesha Amerika ko yatorotse Ubutabera. Kuri ubu rero hategerejwe igihe yazafatirwa akoherezwa mu Rwanda agakora igihano yakatiwe n'inkiko.