issa
Perezida Samia yababariye urubyiruko 300 (Video)

Perezida Samia yababariye urubyiruko 300 (Video)

Nov 17, 2025 - 12:13
 0

Perezida wa Tanzaia yababariye urubyiruko rusaga 300 bishoye mu myigaragambyo. Icyakora nubwo yababariye uwitwa Niffer Jovin uri mu bamenyekanye cyane we ategereje urubanza rwo ku wa 25 Ukwakira 2025


Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatanze imbabazi ku rubyiruko 300 rwishoye mu myigaragambyo rwashutswe.Perezida Samia, ubusanzwe ni umuyoboke w’idini ya Isilamu ariko mu ijambo yagejeje ku nteko rusange ya 13, imitwe yombi, yifashishije Bibiriya avuga ko urubyiruko  rwishoye mu myigaragambyo batari bazi icyo bakora.

Yagize ati”Dawe ubababarire kuko batazi icyo bakora”. Ni amagambo yo muri Luka 23:34

Perezida Samia yavuze ko benshi mu rubyiruko bishoye mu myigaragambyo batazi ikijya mbere ariyo mpamvu nk’umubyeyi akaba n’umurezi yabahaye imbabazi. Tanzania yagize amatora ku wa 29 Ugushyingo 2025 yakurikiwe n’imvururu z’abatarashakaga ko Samia yongera kuyobora Tanzania mu gihe yari amaze imyaka ine ayobora igihugu nyuma y’uko John Pombe Magufuli apfuye. Imibare y’abatuvuga rumwe na Leta yerekana ko hapfuye abarenga 1000.

 

Reba Video

Perezida Samia yababariye urubyiruko 300 (Video)

Nov 17, 2025 - 12:13
Nov 17, 2025 - 12:21
 0
Perezida Samia yababariye urubyiruko 300 (Video)

Perezida wa Tanzaia yababariye urubyiruko rusaga 300 bishoye mu myigaragambyo. Icyakora nubwo yababariye uwitwa Niffer Jovin uri mu bamenyekanye cyane we ategereje urubanza rwo ku wa 25 Ukwakira 2025


Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatanze imbabazi ku rubyiruko 300 rwishoye mu myigaragambyo rwashutswe.Perezida Samia, ubusanzwe ni umuyoboke w’idini ya Isilamu ariko mu ijambo yagejeje ku nteko rusange ya 13, imitwe yombi, yifashishije Bibiriya avuga ko urubyiruko  rwishoye mu myigaragambyo batari bazi icyo bakora.

Yagize ati”Dawe ubababarire kuko batazi icyo bakora”. Ni amagambo yo muri Luka 23:34

Perezida Samia yavuze ko benshi mu rubyiruko bishoye mu myigaragambyo batazi ikijya mbere ariyo mpamvu nk’umubyeyi akaba n’umurezi yabahaye imbabazi. Tanzania yagize amatora ku wa 29 Ugushyingo 2025 yakurikiwe n’imvururu z’abatarashakaga ko Samia yongera kuyobora Tanzania mu gihe yari amaze imyaka ine ayobora igihugu nyuma y’uko John Pombe Magufuli apfuye. Imibare y’abatuvuga rumwe na Leta yerekana ko hapfuye abarenga 1000.

 

Reba Video