issa
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Abayisilamu bubifuriza umunsi mukuru mwiza

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Abayisilamu bubifuriza umunsi mukuru mwiza

Mar 31, 2025 - 08:23
 0

Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza w'ibyishimo ubwo bizihizaga irayidi.


Ni ubutumwa umukuru w'Igihugu yatanze ku munsi w'ejo taliki 30 Werurwe 2025 ubwo  Abayisilamu bo mu Rwanda n’abandi ku Isi hose basozaga ukwezi gutagatifu kw'igisibo cya Ramadan.

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Kagame yabasabye gukomeza kurangwa n’indangagaciro z’impuhwe n’ubumwe.

Perezida Paul Kagame yagize ati “ Ati "Ibi birori by’ibyishimo bizanire mwebwe n’abo mukunda, amahoro, ibyishimo n’uburumbuke. Reka dukomeza kwimakaza indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza, nk’igisobanuro cy’uyu munsi mukuru."

Ku munsi w'ejo ubwo hizihizwaga irayidi (Eid al-Fitr, urujya n'uruza rw'abayisiramu bahuriye mu isengesho risoza igisibo cy'ukwezi kwa Ramadan banagenerwa ubutumwa bugiye butandukanye.

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Abayisilamu bubifuriza umunsi mukuru mwiza

Mar 31, 2025 - 08:23
Mar 31, 2025 - 08:43
 0
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Abayisilamu bubifuriza umunsi mukuru mwiza

Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza w'ibyishimo ubwo bizihizaga irayidi.


Ni ubutumwa umukuru w'Igihugu yatanze ku munsi w'ejo taliki 30 Werurwe 2025 ubwo  Abayisilamu bo mu Rwanda n’abandi ku Isi hose basozaga ukwezi gutagatifu kw'igisibo cya Ramadan.

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Kagame yabasabye gukomeza kurangwa n’indangagaciro z’impuhwe n’ubumwe.

Perezida Paul Kagame yagize ati “ Ati "Ibi birori by’ibyishimo bizanire mwebwe n’abo mukunda, amahoro, ibyishimo n’uburumbuke. Reka dukomeza kwimakaza indangagaciro z’impuhwe, ubumwe n’ubugwaneza, nk’igisobanuro cy’uyu munsi mukuru."

Ku munsi w'ejo ubwo hizihizwaga irayidi (Eid al-Fitr, urujya n'uruza rw'abayisiramu bahuriye mu isengesho risoza igisibo cy'ukwezi kwa Ramadan banagenerwa ubutumwa bugiye butandukanye.