issa
Papa Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika

Papa Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika

Apr 13, 2026 - 10:43
 0

Papa Léon XIV agiye gutangira urugendo rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, rugomba kumara iminsi 10.


Uru ruzinduko ararutangira kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2025 muri Algeria nyuma aze gukomereza muri Cameroun.

Papa Léon XIV biteganyijwe ko azagera mu Mijyi 11 ya Afurika ndetse biteganyijwe ko azakora urugendo rwa kilometero ibihumbi 18 mu ngendo z’ingende 18 azakora.

Biteganyijwe ko zasura ibihugu birimo Algeria, Cameroun, Angola na Guinée équatoriale.

Umwe mu bayobozi bakomeye i Vatican, Cardinal Michael ​Czerny, yavuze ko uruzinduko rwa Papa muri Afurika rugamije ko gufasha “Isi kongera gutekereza kuri Afurika”.

Léon XIV aheruka gukorera ingendo mu bihugu birimo Turikiya, Lebanon mu Ugushyingo n’Ukuboza 2025. Muri Werurwe, yari i Monaco mu Bufaransa.

Nibura 20% by’abakirisitu gatolika ku Isi baba muri Afurika.

Uruzinduko rwa Léon XIV muri Afurika, ni urwa 24 rukozwe n’Umu-Papa uwo ariwe wese kuri uyu mugabane.

 

Papa Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika

Apr 13, 2026 - 10:43
 0
Papa Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika

Papa Léon XIV agiye gutangira urugendo rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, rugomba kumara iminsi 10.


Uru ruzinduko ararutangira kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2025 muri Algeria nyuma aze gukomereza muri Cameroun.

Papa Léon XIV biteganyijwe ko azagera mu Mijyi 11 ya Afurika ndetse biteganyijwe ko azakora urugendo rwa kilometero ibihumbi 18 mu ngendo z’ingende 18 azakora.

Biteganyijwe ko zasura ibihugu birimo Algeria, Cameroun, Angola na Guinée équatoriale.

Umwe mu bayobozi bakomeye i Vatican, Cardinal Michael ​Czerny, yavuze ko uruzinduko rwa Papa muri Afurika rugamije ko gufasha “Isi kongera gutekereza kuri Afurika”.

Léon XIV aheruka gukorera ingendo mu bihugu birimo Turikiya, Lebanon mu Ugushyingo n’Ukuboza 2025. Muri Werurwe, yari i Monaco mu Bufaransa.

Nibura 20% by’abakirisitu gatolika ku Isi baba muri Afurika.

Uruzinduko rwa Léon XIV muri Afurika, ni urwa 24 rukozwe n’Umu-Papa uwo ariwe wese kuri uyu mugabane.