issa
Musanze: Hafatiwe litiro 800  z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Musanze: Hafatiwe litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Apr 24, 2026 - 10:13
 0

Polisi ifatanyije n’inzego z’inzego z’ibanze zafatiye Litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge mu Mudugudu wa Mata mu Kagali ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca,Akarere ka Musanze


Mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Mata 2026, nibwo muri aka gace hafatiwe izo zonga zinkorano zitujuje ubuziranenge zingana na Litiro 800.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara Y’Amajyaruguru CIP Ngirabakunzi Ignace, yabwiye UKWELITIMES, ko Izo nzoga zengerwaga mu nzu zidatuyemo abantu ndetse ari nayo mpamvu bigora inzego z’umutekano gufata abazenga mu buryo bworoshye

Yagize ati "Abantu barasabwa kwirinda kunywa ibintu bitagaragaza inkomoko izwi kuko bishobora kubica cyangwa bikabangiriza ubuzima mu gihe kirekire bitewe n'iruvangavange baba babikozemo."

Aho gukoresha isukari ibi babyifashisha mu mwanya wayo iyo bari kwanga ibiyoga bitujuje ubuziranenge

Musanze: Hafatiwe litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Apr 24, 2026 - 10:13
 0
Musanze: Hafatiwe litiro 800  z’inzoga zitujuje ubuziranenge

Polisi ifatanyije n’inzego z’inzego z’ibanze zafatiye Litiro 800 z’inzoga zitujuje ubuziranenge mu Mudugudu wa Mata mu Kagali ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca,Akarere ka Musanze


Mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Mata 2026, nibwo muri aka gace hafatiwe izo zonga zinkorano zitujuje ubuziranenge zingana na Litiro 800.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara Y’Amajyaruguru CIP Ngirabakunzi Ignace, yabwiye UKWELITIMES, ko Izo nzoga zengerwaga mu nzu zidatuyemo abantu ndetse ari nayo mpamvu bigora inzego z’umutekano gufata abazenga mu buryo bworoshye

Yagize ati "Abantu barasabwa kwirinda kunywa ibintu bitagaragaza inkomoko izwi kuko bishobora kubica cyangwa bikabangiriza ubuzima mu gihe kirekire bitewe n'iruvangavange baba babikozemo."

Aho gukoresha isukari ibi babyifashisha mu mwanya wayo iyo bari kwanga ibiyoga bitujuje ubuziranenge