issa
Kitoko yatanze ibyishimo bisendereye muri Bk Arena 

Kitoko yatanze ibyishimo bisendereye muri Bk Arena 

Dec 6, 2025 - 08:31
 0

Umuhanzi Kitoko nyuma yo kugaruka mu Rwanda yataramiye abafana be bari bamufitiye urukumbuzi kandi bamweretse ibyishimo.


Mu ijoro ryo ku wa 05 Ukuboza 2025 Kitoko yataramiye muri Bk Arena ageze hagati aganiriza abitabiriye. 

Yagize ati"Iyi Bk Arena ni ishusho y'imiyoborere myiza" Kitoko yavuze ko bwari ubwa mbere aririmbiye muri Bk Arena nyuma y'imyaka 11 aba mu Bwongereza. 

Yavuze ko igihugu kiri kwihuta mu iterambere bigizwimo uruhare n’ubuyobozi bwiza n'abaturage bumvira.

Davido yaririmbye indirimbo ze ajyana ijambo ku rindi n'abafana. Yanyuzagamo agatanga ubutumwa bwo kurangwa n'ubupfura, indangagaciro, Ishimwe n'ishema ryo kuba umunyarwanda.

Muri Bk Arena habereye igitaramo cyo kumurika Album ya Davido yise 5IVE mu mujyo w'ibitaramo by'uruhererekane bizenguruka isi.

 Kitoko Bibarwa yagarutse mu Rwanda bigizwemo uruhare n'umushoramari Kamayirese Jean D'Amour.

Uyu ni  umwe mu bafana b'Imena ba Rayon Sports, anayobora ihuriro ry'abakora ibikomoka ku mpu mu Rwanda (Rwanda Leather Association).

Kitoko yatanze ibyishimo bisendereye muri Bk Arena 

Dec 6, 2025 - 08:31
 0
Kitoko yatanze ibyishimo bisendereye muri Bk Arena 

Umuhanzi Kitoko nyuma yo kugaruka mu Rwanda yataramiye abafana be bari bamufitiye urukumbuzi kandi bamweretse ibyishimo.


Mu ijoro ryo ku wa 05 Ukuboza 2025 Kitoko yataramiye muri Bk Arena ageze hagati aganiriza abitabiriye. 

Yagize ati"Iyi Bk Arena ni ishusho y'imiyoborere myiza" Kitoko yavuze ko bwari ubwa mbere aririmbiye muri Bk Arena nyuma y'imyaka 11 aba mu Bwongereza. 

Yavuze ko igihugu kiri kwihuta mu iterambere bigizwimo uruhare n’ubuyobozi bwiza n'abaturage bumvira.

Davido yaririmbye indirimbo ze ajyana ijambo ku rindi n'abafana. Yanyuzagamo agatanga ubutumwa bwo kurangwa n'ubupfura, indangagaciro, Ishimwe n'ishema ryo kuba umunyarwanda.

Muri Bk Arena habereye igitaramo cyo kumurika Album ya Davido yise 5IVE mu mujyo w'ibitaramo by'uruhererekane bizenguruka isi.

 Kitoko Bibarwa yagarutse mu Rwanda bigizwemo uruhare n'umushoramari Kamayirese Jean D'Amour.

Uyu ni  umwe mu bafana b'Imena ba Rayon Sports, anayobora ihuriro ry'abakora ibikomoka ku mpu mu Rwanda (Rwanda Leather Association).