issa
Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga  abaturage mu nzira

Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga abaturage mu nzira

May 22, 2025 - 17:13
 0

Polisi ikorera mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho gutegera abantu mu nzira bakabambura.


Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga abaturage mu nzira

Polisi ikorera mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho gutegera abantu mu nzira bakabambura.

Mugitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 22 Gicurasi 2025, nibwo Polisi yo mu Murenge wa Jali, yataye muri yombi aba basore.

Amakuru avuga, ko aba basore bafatiwe mu Kagari k'Agateko, bagendanaga ibyuma, bakambura abantu bagasiga banabakomerekeje.

Mu bafashwe harimo umusore w''imyaka 20 witwa Niyomugabo Theogene, Mutijima Olivier w'imyaka 25 na Manariyo Vedaste w'imyaka 31.Umwe muri aba basore, bivugwa ko kuwa 3 Gicurasi 2025, yari mu bateze bakanatera icyuma uwitwa Shala Djanga Albert.

Aba basore batawe muri yombi, mu gihe hashize iminsi abaturage bo mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali, bavuga ko bugarijwe n'abajura.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Gahonzire Wellars, we yihanangirije abantu bafite ingeso yo kumva ko bazatungwa no gutwara iby'abandi ndetse ko Polisi ita

zabihanganira.

Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga abaturage mu nzira

May 22, 2025 - 17:13
 0
Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga  abaturage mu nzira

Polisi ikorera mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho gutegera abantu mu nzira bakabambura.


Jali: Polisi yafashe batatu bamburiraga abaturage mu nzira

Polisi ikorera mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho gutegera abantu mu nzira bakabambura.

Mugitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 22 Gicurasi 2025, nibwo Polisi yo mu Murenge wa Jali, yataye muri yombi aba basore.

Amakuru avuga, ko aba basore bafatiwe mu Kagari k'Agateko, bagendanaga ibyuma, bakambura abantu bagasiga banabakomerekeje.

Mu bafashwe harimo umusore w''imyaka 20 witwa Niyomugabo Theogene, Mutijima Olivier w'imyaka 25 na Manariyo Vedaste w'imyaka 31.Umwe muri aba basore, bivugwa ko kuwa 3 Gicurasi 2025, yari mu bateze bakanatera icyuma uwitwa Shala Djanga Albert.

Aba basore batawe muri yombi, mu gihe hashize iminsi abaturage bo mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali, bavuga ko bugarijwe n'abajura.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Gahonzire Wellars, we yihanangirije abantu bafite ingeso yo kumva ko bazatungwa no gutwara iby'abandi ndetse ko Polisi ita

zabihanganira.