issa
Itariki Diddy azavira muri gereza yamenyekanye

Itariki Diddy azavira muri gereza yamenyekanye

Oct 28, 2025 - 14:48
 0

Uhereye igihe yafungiwe muri Nzeri 2024 azaba amaze imyaka 4 n'amezi 2 muri gereza. Kuri ubu rero asigaje imyaka 3 n'amezi 7.


Umuraperi ubifatanya no gushora imari P Diddy hagiye hanze amakuru yemeza igihe azafungurirwa. Ku rutonde rw'ibiro bishinzwe imfungwa niho hari amakuru y'itariki P Diddy azavira muri gereza ku wa 8 Gicurasi 2028. 

Uhereye igihe yafungiwe muri Nzeri 2024 azaba amaze imyaka 4 n'amezi 2 muri gereza. Kuri ubu rero asigaje imyaka 3 n'amezi 7.

Icyakora hari amakuru avuga ko aramutse yitwaye neza akarangwa n'ikinyabupfura ashobora kwandikira Perezida Donald Trump akaba yamubabarira.

Ku rundi ruhande ariko abanyamategeko be biteguye kujuririra icyemezo cyo kumukatira amezi 50 bitewe nuko bari basabye urukiko kumukatira amezi 14 bitihi se akaba yahabwa igihano gisubitse.

Itariki Diddy azavira muri gereza yamenyekanye

Oct 28, 2025 - 14:48
Oct 28, 2025 - 14:50
 0
Itariki Diddy azavira muri gereza yamenyekanye

Uhereye igihe yafungiwe muri Nzeri 2024 azaba amaze imyaka 4 n'amezi 2 muri gereza. Kuri ubu rero asigaje imyaka 3 n'amezi 7.


Umuraperi ubifatanya no gushora imari P Diddy hagiye hanze amakuru yemeza igihe azafungurirwa. Ku rutonde rw'ibiro bishinzwe imfungwa niho hari amakuru y'itariki P Diddy azavira muri gereza ku wa 8 Gicurasi 2028. 

Uhereye igihe yafungiwe muri Nzeri 2024 azaba amaze imyaka 4 n'amezi 2 muri gereza. Kuri ubu rero asigaje imyaka 3 n'amezi 7.

Icyakora hari amakuru avuga ko aramutse yitwaye neza akarangwa n'ikinyabupfura ashobora kwandikira Perezida Donald Trump akaba yamubabarira.

Ku rundi ruhande ariko abanyamategeko be biteguye kujuririra icyemezo cyo kumukatira amezi 50 bitewe nuko bari basabye urukiko kumukatira amezi 14 bitihi se akaba yahabwa igihano gisubitse.