issa
Umugore wa Mr Eazi yishimiye ibihe yagiriye mu Rwanda

Umugore wa Mr Eazi yishimiye ibihe yagiriye mu Rwanda

Jan 28, 2026 - 10:45
 0

Temi Otedola, umugore wa Mr Eazi ari gusura ibihugu byo muri Afurika.


Temi Otedola; Umukinnyi wa filime akaba n'umugore w'umuhanzi uri mu batunze amafaranga menshi muri Afurika, Mr Eazi yagaragaje ko yishimiye ibihe byiza yagiriye mu Rwanda ku nshuro ye ya mbere ubwo yazaga kuhasura. Ni ubutumwa yanyujije kuri Instagram ye.

Yagize ati "Nagiye mu rukundo. Kigali uri nziza cyane kandi wibye umutima wange."Temi yageze mu Rwanda ku nshuro ye ya mbere tariki 17 Mutarama 2026, akaba ari muri gahunda arimo yo kugenda asura ibihugu bitandukanye byo muri Afurika.

Umugore wa Mr Eazi yishimiye ibihe yagiriye mu Rwanda

Jan 28, 2026 - 10:45
 0
Umugore wa Mr Eazi yishimiye ibihe yagiriye mu Rwanda

Temi Otedola, umugore wa Mr Eazi ari gusura ibihugu byo muri Afurika.


Temi Otedola; Umukinnyi wa filime akaba n'umugore w'umuhanzi uri mu batunze amafaranga menshi muri Afurika, Mr Eazi yagaragaje ko yishimiye ibihe byiza yagiriye mu Rwanda ku nshuro ye ya mbere ubwo yazaga kuhasura. Ni ubutumwa yanyujije kuri Instagram ye.

Yagize ati "Nagiye mu rukundo. Kigali uri nziza cyane kandi wibye umutima wange."Temi yageze mu Rwanda ku nshuro ye ya mbere tariki 17 Mutarama 2026, akaba ari muri gahunda arimo yo kugenda asura ibihugu bitandukanye byo muri Afurika.