issa
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri

Jul 30, 2025 - 22:45
 0

Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2025, inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.


 Inama y'Abaminisitiri yemeje itangwa ry'ubutaka bwa Leta buzahabwa 'Africa Health Sciences University (AHSU)', kugira ngo bwubakweho ishuri rikuru ryigisha iby'ubuvuzi, ndetse inemeza Iteka rya Minisitiri ryemerera 'International Covenant College' gutangira gukora nk'ishuri rikuru ryigenga, rinahabwa ubuzimagatozi.

Iri shuri rizatangirana amashami abiri: Ishami ry'Itangazamakuru n'Ikoranabuhanga n'Ishami ry'Uburezi mu Mikurire y'Umwana, hanyuma rikazagenda ryagura amashami.

 

 

 

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri

Jul 30, 2025 - 22:45
 0
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri

Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2025, inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.


 Inama y'Abaminisitiri yemeje itangwa ry'ubutaka bwa Leta buzahabwa 'Africa Health Sciences University (AHSU)', kugira ngo bwubakweho ishuri rikuru ryigisha iby'ubuvuzi, ndetse inemeza Iteka rya Minisitiri ryemerera 'International Covenant College' gutangira gukora nk'ishuri rikuru ryigenga, rinahabwa ubuzimagatozi.

Iri shuri rizatangirana amashami abiri: Ishami ry'Itangazamakuru n'Ikoranabuhanga n'Ishami ry'Uburezi mu Mikurire y'Umwana, hanyuma rikazagenda ryagura amashami.