issa
Israel yishe abanyepalesitine 77

Israel yishe abanyepalesitine 77

Aug 31, 2025 - 12:29
 0

Israel imaze iminsi mu ntambara igamije kwigarurira intara ya Gaza mu gihe Palestine ikomeje gutsimbarara.


Intambara ishyamiranyije Israel na Palestine mu ntara ya Gaza ikomeje guhitana benshi mu gihe amahanga areberera. 

Ku wa 30 Kanama 2025 igitero cya Israel cyahitanye abanyepalesitine 77 barimo Ahmed al-Rahawi; Minisitiri w'intebe w'aba 'Houthis".

 ALJAZEERA yanditse ko Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zitazemerera perezida wa Yemen, Mahmoud Abbas kwitabira inteko rusange y'umuryango w'ababibumbye iteganyijwe mu kwezi gutaha.

Hari impungenge ko iyi ntambara ikomeje abasaga miliyoni imwe bajya mu buhunzi bitewe n'ibitero bya Israel muri Gaza.

Kugeza ubu, abasaga 63,371 bishwe na Israel hakomereka 159,835. Abanya Israel bishwe basaga 1,139 naho 200 barashimuswe mu gitero cyo ku wa 7 Ukwakira 2024.

Israel yishe abanyepalesitine 77

Aug 31, 2025 - 12:29
 0
Israel yishe abanyepalesitine 77

Israel imaze iminsi mu ntambara igamije kwigarurira intara ya Gaza mu gihe Palestine ikomeje gutsimbarara.


Intambara ishyamiranyije Israel na Palestine mu ntara ya Gaza ikomeje guhitana benshi mu gihe amahanga areberera. 

Ku wa 30 Kanama 2025 igitero cya Israel cyahitanye abanyepalesitine 77 barimo Ahmed al-Rahawi; Minisitiri w'intebe w'aba 'Houthis".

 ALJAZEERA yanditse ko Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zitazemerera perezida wa Yemen, Mahmoud Abbas kwitabira inteko rusange y'umuryango w'ababibumbye iteganyijwe mu kwezi gutaha.

Hari impungenge ko iyi ntambara ikomeje abasaga miliyoni imwe bajya mu buhunzi bitewe n'ibitero bya Israel muri Gaza.

Kugeza ubu, abasaga 63,371 bishwe na Israel hakomereka 159,835. Abanya Israel bishwe basaga 1,139 naho 200 barashimuswe mu gitero cyo ku wa 7 Ukwakira 2024.