Inganzo Ngari bagiye gusangira umuganura n'abanyarwanda
Itorero Inganzo Ngari ryateguye igitaramo kiswe Tubarusha Ingangi. Ni inyito bahisemo bashingiye ku bibazo igihugu cyagiye kinyuramo ariko hagashakwa ibisubizo
Itorero Inganzo Ngari ryateguye igitaramo kizaba ku wa 1 Kanama 2025 muri Camp Kigali. Ku wa 30 Nyakanga 2026 Itorero Inganzo Ngari ryaganiriye n'abanyamakuru ku myiteguro y'igitaramo bise Tubarusha Inganji.
Inganzo Ngari izatarama ku munsi w'umuganura aho bazaba banizihiza imyaka 19 bamaze dore ko ryashinzwe mu 2006. Amatike yo kwinjira muri iki gitaramo ari ku isoko.
Hari itike zitwa Indende zigura 10,000 Frw, Inyamarere zigura 20,000 Frw, Abaterambabazi zigura 30,000 Frw.


Kinyarwanda
English
Swahili









