issa
Urukiko rw’Ikirenga rwakiriye ikirego cya Ingabire Umuhoza Victoire (Video)

Urukiko rw’Ikirenga rwakiriye ikirego cya Ingabire Umuhoza Victoire (Video)

Jul 29, 2025 - 13:15
 0

Ku wa 18 Nyakanga 2025 Umwanditsi w’Urukiko rw’Ikirenga bwana Imanirahari Jerome yashyize umukono ku kirego cyatanzwe n’umunyapolitiki Ingabire Victoire.


Ku itariki 17 Nyakanga 2025 umunyamategeko wa Ingabire Umuhoza Victoire, Me Gatera Gashabana yatanze ikirego mu izina ry’uwo yunganira. Ni ikirego gisaba gukuraho ingingo ya 106 y’itegeko no 27/2019 ryo kuwa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’ imanza z’inshinjabyaha ryatangajwe mu igazeti ya Leta yo kuwa 08/11/2019.

Ingingo ya 106 inyuranyije na none ni ya 29.2 ijyanye na 2°

gufatwa nk‟umwere kugeza igihe urukiko rubifitiye ububasha

rumuhamije icyaha yasobanuwe haruguru mu buryo bufuturutse

ku ruhande rwa Ingabire Victoire bakaba basanga kuba inyuranyije nizo ngingo yazateshwa

agaciro hashingiye ku ngingo ya gatatu igika cya kabiri cy’Itegeko

nshinga imaze kugaragazwa. Basabye Urukiko kuzasuzuma maze rukemeza ubu

busabe bwa Madame INGABIRE Victoire Umuhoza bufite

ishingiro kuri byose.

 

Nyuma y’uko icyo kirego kigeze mu bwanditsi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwaracyakiriye rugiha ishingiro nyuma yo gusuzuma niba icyaregewe gifite impamvu n’inyungu ku muburanyi.

 Urukiko rw’Ikirenga

 Dusanga ikirego PST RS/SPEC 00002/2025/SC cyatanzwe na INGABIRE VICTOIRE

UMUHOZA asaba Urukiko rw’Ikirenga kwemeza ko ingingo ya 106 y’itegeko No

27/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha

inyuranyije n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo zayo za 29.2,

61, 142 alinea 1 ,4 na 145 alinea 4, gikwiye kwakirwa kikandikwa mu bitabo by'Urukiko

rw'Ikirenga kuko nk’uko byagaragajwe haruguru, cyatanzwe mu buryo n'inzira

bikurikije amategeko, uwagitanze bafite ububasha, ubushobozi n'inyungu zo

kugitanga, yakiregeye Urukiko rufite ububasha kandi ibisabwa barabitanze.

 

REBA IKIGANIRO GISESENGURA ICYO KIREGO

 

 

Urukiko rw’Ikirenga rwakiriye ikirego cya Ingabire Umuhoza Victoire (Video)

Jul 29, 2025 - 13:15
Jul 29, 2025 - 13:16
 0
Urukiko rw’Ikirenga rwakiriye ikirego cya Ingabire Umuhoza Victoire (Video)

Ku wa 18 Nyakanga 2025 Umwanditsi w’Urukiko rw’Ikirenga bwana Imanirahari Jerome yashyize umukono ku kirego cyatanzwe n’umunyapolitiki Ingabire Victoire.


Ku itariki 17 Nyakanga 2025 umunyamategeko wa Ingabire Umuhoza Victoire, Me Gatera Gashabana yatanze ikirego mu izina ry’uwo yunganira. Ni ikirego gisaba gukuraho ingingo ya 106 y’itegeko no 27/2019 ryo kuwa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’ imanza z’inshinjabyaha ryatangajwe mu igazeti ya Leta yo kuwa 08/11/2019.

Ingingo ya 106 inyuranyije na none ni ya 29.2 ijyanye na 2°

gufatwa nk‟umwere kugeza igihe urukiko rubifitiye ububasha

rumuhamije icyaha yasobanuwe haruguru mu buryo bufuturutse

ku ruhande rwa Ingabire Victoire bakaba basanga kuba inyuranyije nizo ngingo yazateshwa

agaciro hashingiye ku ngingo ya gatatu igika cya kabiri cy’Itegeko

nshinga imaze kugaragazwa. Basabye Urukiko kuzasuzuma maze rukemeza ubu

busabe bwa Madame INGABIRE Victoire Umuhoza bufite

ishingiro kuri byose.

 

Nyuma y’uko icyo kirego kigeze mu bwanditsi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwaracyakiriye rugiha ishingiro nyuma yo gusuzuma niba icyaregewe gifite impamvu n’inyungu ku muburanyi.

 Urukiko rw’Ikirenga

 Dusanga ikirego PST RS/SPEC 00002/2025/SC cyatanzwe na INGABIRE VICTOIRE

UMUHOZA asaba Urukiko rw’Ikirenga kwemeza ko ingingo ya 106 y’itegeko No

27/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha

inyuranyije n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo zayo za 29.2,

61, 142 alinea 1 ,4 na 145 alinea 4, gikwiye kwakirwa kikandikwa mu bitabo by'Urukiko

rw'Ikirenga kuko nk’uko byagaragajwe haruguru, cyatanzwe mu buryo n'inzira

bikurikije amategeko, uwagitanze bafite ububasha, ubushobozi n'inyungu zo

kugitanga, yakiregeye Urukiko rufite ububasha kandi ibisabwa barabitanze.

 

REBA IKIGANIRO GISESENGURA ICYO KIREGO