issa
Spice Diana yavuze amafaranga ahabwa mu ijoro rimwe ry'igitaramo

Spice Diana yavuze amafaranga ahabwa mu ijoro rimwe ry'igitaramo

Apr 3, 2025 - 08:36
 0

Umuhanzikaziwo muri Uganda Spice Diana, yahishuye ko akorera miliyoni 50 z'amashiringi mu ijoro rimwe avuye mu bitaramo akora.


Mu kiganiro yagiranye n'abahanzi bagenzi be Crysto Panda na Bruno K Kuri TikTok, yavuze ko mu ijoro rimwe ashobora gukorera amafaranga asaga miliyoni 50 z'amashilingi ( miliyoni 20 Rwf).

Yavuze ko aya mafaranga yose ayinjiza avuye mu bitaramo bigera kuri bitandatu cyangwa umunani akora mu ijoro rimwe cyane cyane mu gihe k'iminsi mikuru.

Uyu muhanzi yahise ashimangira ko ari mu bahanzi bakomeye kandi bahenze muri Uganda, bigendanye n'uko ahorana ibiraka cyane.

Ibinyamakuru byo muri Uganda bitangaza ko Spice Diana abategura ibitaramo baba bamurwanira kuko iyo batekereje umuhanzikazi ari we bahita bateraho akajisho.

Spice Diana yavuze ko yinjiza miliyoni 20Rwf mu ijoro rimwe mu bitaramo

Spice Diana yemeza ko ari mu bahanzi bahenze muri Uganda

Spice Diana yavuze amafaranga ahabwa mu ijoro rimwe ry'igitaramo

Apr 3, 2025 - 08:36
Apr 3, 2025 - 08:37
 0
Spice Diana yavuze amafaranga ahabwa mu ijoro rimwe ry'igitaramo

Umuhanzikaziwo muri Uganda Spice Diana, yahishuye ko akorera miliyoni 50 z'amashiringi mu ijoro rimwe avuye mu bitaramo akora.


Mu kiganiro yagiranye n'abahanzi bagenzi be Crysto Panda na Bruno K Kuri TikTok, yavuze ko mu ijoro rimwe ashobora gukorera amafaranga asaga miliyoni 50 z'amashilingi ( miliyoni 20 Rwf).

Yavuze ko aya mafaranga yose ayinjiza avuye mu bitaramo bigera kuri bitandatu cyangwa umunani akora mu ijoro rimwe cyane cyane mu gihe k'iminsi mikuru.

Uyu muhanzi yahise ashimangira ko ari mu bahanzi bakomeye kandi bahenze muri Uganda, bigendanye n'uko ahorana ibiraka cyane.

Ibinyamakuru byo muri Uganda bitangaza ko Spice Diana abategura ibitaramo baba bamurwanira kuko iyo batekereje umuhanzikazi ari we bahita bateraho akajisho.

Spice Diana yavuze ko yinjiza miliyoni 20Rwf mu ijoro rimwe mu bitaramo

Spice Diana yemeza ko ari mu bahanzi bahenze muri Uganda