issa
Rutsiro: Yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye

Rutsiro: Yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye

Jun 8, 2025 - 20:04
 0

Umugabo wo Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye.


Ibi babereye mu Kagari ka Nkira mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Nkira, ku mugoroba wo ku wa 7 Kamena 2025.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Boneza, Munyamahoro Muhizi Patrick yabwiye itangazamakuru ko ayo makuri bayamenye.

Ati “Twamenye ayo makuru ku gicamunsi cy’ejo hashize, abo mu muryango we n’abaturanyi bahamya ko nta makimbirane akabije yarangwaga muri urwo rugo. Gusa iperereza riracyakomeje.”

Yaboneyeho gusaba abaturage kujya abatanga amakuru ku gihe, haba hari ibibazo ubuyobozi bukabafasha kubikemura bitaragera aho umuturage abura ubuzima.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Murunda kugira ngo ukorerwa isusumwa.

Rutsiro: Yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye

Jun 8, 2025 - 20:04
Jun 8, 2025 - 20:07
 0
Rutsiro: Yasanzwe mu mugozi amanitse yapfuye

Umugabo wo Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye.


Ibi babereye mu Kagari ka Nkira mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Nkira, ku mugoroba wo ku wa 7 Kamena 2025.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Boneza, Munyamahoro Muhizi Patrick yabwiye itangazamakuru ko ayo makuri bayamenye.

Ati “Twamenye ayo makuru ku gicamunsi cy’ejo hashize, abo mu muryango we n’abaturanyi bahamya ko nta makimbirane akabije yarangwaga muri urwo rugo. Gusa iperereza riracyakomeje.”

Yaboneyeho gusaba abaturage kujya abatanga amakuru ku gihe, haba hari ibibazo ubuyobozi bukabafasha kubikemura bitaragera aho umuturage abura ubuzima.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Murunda kugira ngo ukorerwa isusumwa.