issa
RDF yatanze ikaze  ku bifuza kwinjira mu ngabo z'u rwanda ku rwego rwa ofisiye

RDF yatanze ikaze  ku bifuza kwinjira mu ngabo z'u rwanda ku rwego rwa ofisiye

Mar 6, 2025 - 10:11
 0

Ubuyobozi bukuru bw`ingabo z`u Rwanda bwamenyesheje abanyarwanda bose bifuza kwinjira mungabo z`u Rwanda kurwego rw`abofisiye ko bakwiyandikisha ku turere no kumirenge bizatangira ku italiki ya 08 Werurwe 2025 kugeza ku italiki ya 06 Mata 2025.


Abahamagawe ni abo ku rwego rwa Ofisiye baziga mu ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako bakazarangiza amasomo bafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza  (A0), uretse abaziga General Nursing bazarangiza bafite  (A1).

Abahamagawe ni abasore n’inkumi bujuje ibisabwa birimo kuba uri Umunyarwanda, kuba ufite imyaka 18 kandi utarengeje 22, kuba wararangije aniashuri 6 yisumbuye kandi ufite amanota akwemerera kujya muri Kaminuza y’u Rwanda.

Nanone kandi abakenewe ni abafite ubuzima buzira umuze, batigeze bahamwa n’icyaha, cyangwa hari ibyo bakurikiranyweho, kuba batarirukanwe burundu mu kazi ko mu butegetsi bwa Leta keretse barakorewe ihanagurwabusembwa

RDF yatanze ikaze  ku bifuza kwinjira mu ngabo z'u rwanda ku rwego rwa ofisiye

Mar 6, 2025 - 10:11
Mar 6, 2025 - 10:36
 0
RDF yatanze ikaze  ku bifuza kwinjira mu ngabo z'u rwanda ku rwego rwa ofisiye

Ubuyobozi bukuru bw`ingabo z`u Rwanda bwamenyesheje abanyarwanda bose bifuza kwinjira mungabo z`u Rwanda kurwego rw`abofisiye ko bakwiyandikisha ku turere no kumirenge bizatangira ku italiki ya 08 Werurwe 2025 kugeza ku italiki ya 06 Mata 2025.


Abahamagawe ni abo ku rwego rwa Ofisiye baziga mu ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako bakazarangiza amasomo bafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza  (A0), uretse abaziga General Nursing bazarangiza bafite  (A1).

Abahamagawe ni abasore n’inkumi bujuje ibisabwa birimo kuba uri Umunyarwanda, kuba ufite imyaka 18 kandi utarengeje 22, kuba wararangije aniashuri 6 yisumbuye kandi ufite amanota akwemerera kujya muri Kaminuza y’u Rwanda.

Nanone kandi abakenewe ni abafite ubuzima buzira umuze, batigeze bahamwa n’icyaha, cyangwa hari ibyo bakurikiranyweho, kuba batarirukanwe burundu mu kazi ko mu butegetsi bwa Leta keretse barakorewe ihanagurwabusembwa