Murumuna wa Jude Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

Murumuna wa Jude Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

Mar 18, 2025 - 19:02
 0

Murumuna wa Jude Bellingham ukinira ikipe ya Real Madrid yahakaniye Chelsea FC yifuzaga kumusinyisha.


Jobe Bellingham w'imyaka 17, ukiniraga ikipe ya Sunderland FC, yatangaje ko atiteguye kwerekeza mu ikipe ya Chelsea FC kuko akiri muto cyane.

Hashize iminsi micye, hatangiye kuvugwa ko Jobe Bellingham uvukana na Jude Bellingham, yatangiye ibiganiro n'ikipe ya Chelsea FC kugirango iyi kipe yirinde ibyayibayeho ubwo yangaga gusinyisha Jude Bellingham bigatuma yerekeza mu budage.

Nkuko bitangazwa na 'The Goal', ikinyamakuru gikomeye i Burayi, kivuga ko Jobe yahakaniye ikipe ya Chelsea FC ku kuba yayerekezamo kuko akiri muto ahubwo bikunze yazayerekezamo amaze kuzuza imyaka 19 kuko ubu aracyari muto ku buryo atakikorera umutwaro wa Chelsea FC.

Ubusanzwe Jobe Bellingham, akina mu kibuga hagati ndetse ni umwe mu bakinnyi ikipe ya Sunderland FC irimo kugenderaho ubu mu cyiciro cya Kabiri mu gihugu cy'ubwongereza nubwo ataratsinda ibitego byinshi.

Jobe Bellingham yakuriye mu ikipe ya Birmingham City ari nayo mukuru we Jude Bellingham yakinnyemo bwa nyuma ahita yerekeza mu gihugu cy'ubudage muri Borussia Dortmund bigatuma ubu ari umukinnyi ukomeye Real Madrid ibura igahangayika.

   Jobe Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

Philcollens Sports Journalist Tel: 0784798373

Murumuna wa Jude Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

Mar 18, 2025 - 19:02
 0
Murumuna wa Jude Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

Murumuna wa Jude Bellingham ukinira ikipe ya Real Madrid yahakaniye Chelsea FC yifuzaga kumusinyisha.


Jobe Bellingham w'imyaka 17, ukiniraga ikipe ya Sunderland FC, yatangaje ko atiteguye kwerekeza mu ikipe ya Chelsea FC kuko akiri muto cyane.

Hashize iminsi micye, hatangiye kuvugwa ko Jobe Bellingham uvukana na Jude Bellingham, yatangiye ibiganiro n'ikipe ya Chelsea FC kugirango iyi kipe yirinde ibyayibayeho ubwo yangaga gusinyisha Jude Bellingham bigatuma yerekeza mu budage.

Nkuko bitangazwa na 'The Goal', ikinyamakuru gikomeye i Burayi, kivuga ko Jobe yahakaniye ikipe ya Chelsea FC ku kuba yayerekezamo kuko akiri muto ahubwo bikunze yazayerekezamo amaze kuzuza imyaka 19 kuko ubu aracyari muto ku buryo atakikorera umutwaro wa Chelsea FC.

Ubusanzwe Jobe Bellingham, akina mu kibuga hagati ndetse ni umwe mu bakinnyi ikipe ya Sunderland FC irimo kugenderaho ubu mu cyiciro cya Kabiri mu gihugu cy'ubwongereza nubwo ataratsinda ibitego byinshi.

Jobe Bellingham yakuriye mu ikipe ya Birmingham City ari nayo mukuru we Jude Bellingham yakinnyemo bwa nyuma ahita yerekeza mu gihugu cy'ubudage muri Borussia Dortmund bigatuma ubu ari umukinnyi ukomeye Real Madrid ibura igahangayika.

   Jobe Bellingham yahakaniye Chelsea FC yamwifuzaga

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.