Kurongora abana bato, bakiri isugi,bafite amabere ahagaze: Ibitaravuzwe mu rubanza rwa Dr Manirakiza Benjamin waburaniye mu muhezo (VIDEO)
MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva muri Kamena mu mwaka 2025 na Mutarama 2026, ko yagiye akorana imibonanompuzabitsina n’abakobwa batandukanye barimo abaregwa muri uru rubanza ndetse akanabasaba kumushakira abana bato, bakiri isugi, bafite n’amabere ahagaze, bo kuzajya asambanya akabaha amafaranga. Ni muri urwo rwego yasambanyije umwana w’imyaka 17 wahawe izina rya M.B.B1 amuha amafaranga 95.000 Frw kuri telefone ayandi 5.000 Frw ayamwishyuriramo moto yamutahanye.
Itegeko N°68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano
Abandi bari muri iyi dosiye barimo Umuhoza Hamida,Mucyo Vanessa na Ineza Fidella. Bakekwaho icyaha cyo Gushakira inyungu mu mibonano
MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva
KURIKIRA UKO URUBANZA RWAGENZE MU MUHEZO


Kinyarwanda
English
Swahili









