issa
Kurongora abana bato, bakiri isugi,bafite amabere ahagaze: Ibitaravuzwe mu rubanza rwa Dr Manirakiza Benjamin waburaniye mu muhezo (VIDEO)

Kurongora abana bato, bakiri isugi,bafite amabere ahagaze: Ibitaravuzwe mu rubanza rwa Dr Manirakiza Benjamin waburaniye mu muhezo (VIDEO)

Feb 10, 2026 - 08:54
 0

MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva muri Kamena mu mwaka 2025 na Mutarama 2026, ko yagiye akorana imibonanompuzabitsina n’abakobwa batandukanye barimo abaregwa muri uru rubanza ndetse akanabasaba kumushakira abana bato, bakiri isugi, bafite n’amabere ahagaze, bo kuzajya asambanya akabaha amafaranga. Ni muri urwo rwego yasambanyije umwana w’imyaka 17 wahawe izina rya M.B.B1 amuha amafaranga 95.000 Frw kuri telefone ayandi 5.000 Frw ayamwishyuriramo moto yamutahanye.


Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwaburanishije Urubanza rw’inshinjacyaha Ubushinjacyaha bwarezemo Dr Manirakiza Benjamin. Uyu wahoze yigisha muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda ishami rya CST(KIST) akurikiranyweho ibyaha bibiri (2); Gusambanya Umwana, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 14 y'Itegeko No 059/2023 ryo kuwa 04/12/2023 rihindura

Itegeko N°68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange uko ryavuguruwe kugeza ubu. Ikindi cyaha akurikiranyweho ni icyo Gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 24 y’Itegeko No 51/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye gukumira, kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.

Abandi bari muri iyi dosiye barimo Umuhoza Hamida,Mucyo Vanessa na Ineza Fidella. Bakekwaho icyaha cyo Gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 24 y’Itegeko No 51/2018 ryo ku wa 13/8/2018 ryerekeye gukumira,kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.

 Imiterere y’Urubanza

MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva muri Kamena mu mwaka 2025 na Mutarama 2026, ko yagiye akorana imibonanompuzabitsina n’abakobwa batandukanye barimo abaregwa muri uru rubanza ndetse akanabasaba kumushakira abana bato, bakiri isugi, bafite n’amabere ahagaze, bo kuzajya asambanya akabaha amafaranga. Ni muri urwo rwego yasambanyije umwana w’imyaka 17 wahawe izina rya M.B.B1 amuha amafaranga 95.000 Frw kuri telefone ayandi 5.000 Frw ayamwishyuriramo moto yamutahanye.

KURIKIRA UKO URUBANZA RWAGENZE MU MUHEZO

Kurongora abana bato, bakiri isugi,bafite amabere ahagaze: Ibitaravuzwe mu rubanza rwa Dr Manirakiza Benjamin waburaniye mu muhezo (VIDEO)

Feb 10, 2026 - 08:54
 0
Kurongora abana bato, bakiri isugi,bafite amabere ahagaze: Ibitaravuzwe mu rubanza rwa Dr Manirakiza Benjamin waburaniye mu muhezo (VIDEO)

MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva muri Kamena mu mwaka 2025 na Mutarama 2026, ko yagiye akorana imibonanompuzabitsina n’abakobwa batandukanye barimo abaregwa muri uru rubanza ndetse akanabasaba kumushakira abana bato, bakiri isugi, bafite n’amabere ahagaze, bo kuzajya asambanya akabaha amafaranga. Ni muri urwo rwego yasambanyije umwana w’imyaka 17 wahawe izina rya M.B.B1 amuha amafaranga 95.000 Frw kuri telefone ayandi 5.000 Frw ayamwishyuriramo moto yamutahanye.


Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwaburanishije Urubanza rw’inshinjacyaha Ubushinjacyaha bwarezemo Dr Manirakiza Benjamin. Uyu wahoze yigisha muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda ishami rya CST(KIST) akurikiranyweho ibyaha bibiri (2); Gusambanya Umwana, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 14 y'Itegeko No 059/2023 ryo kuwa 04/12/2023 rihindura

Itegeko N°68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange uko ryavuguruwe kugeza ubu. Ikindi cyaha akurikiranyweho ni icyo Gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 24 y’Itegeko No 51/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye gukumira, kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.

Abandi bari muri iyi dosiye barimo Umuhoza Hamida,Mucyo Vanessa na Ineza Fidella. Bakekwaho icyaha cyo Gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, Icyaha giteganywa kandi kigahanishwa n’ingingo ya 24 y’Itegeko No 51/2018 ryo ku wa 13/8/2018 ryerekeye gukumira,kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.

 Imiterere y’Urubanza

MANIRAKIZA Benjamin akekwaho ko mu bihe bitandukanye kuva muri Kamena mu mwaka 2025 na Mutarama 2026, ko yagiye akorana imibonanompuzabitsina n’abakobwa batandukanye barimo abaregwa muri uru rubanza ndetse akanabasaba kumushakira abana bato, bakiri isugi, bafite n’amabere ahagaze, bo kuzajya asambanya akabaha amafaranga. Ni muri urwo rwego yasambanyije umwana w’imyaka 17 wahawe izina rya M.B.B1 amuha amafaranga 95.000 Frw kuri telefone ayandi 5.000 Frw ayamwishyuriramo moto yamutahanye.

KURIKIRA UKO URUBANZA RWAGENZE MU MUHEZO