issa
Kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe

Kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe

Dec 2, 2025 - 07:20
 0

Ibi byaha mu mategeko mpanabyaha bavuga ko uwabikoze aba yakoze ibiterasoni mu ruhame arahanwa


Mu mategeko y’u Rwanda mu ngingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga ko umuntu wakoze ibiterasoni mu ruhame abihanirwa.

Iyo umuntu yakoze ibiteye isoni mu ruhame ahanwa n’ingingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga hati “Iyo icyaha cy’urukozasoni cyakorewe mu ruhame, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka ibiri (2), ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu y’Amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi maganatanu (500) ariko kitarenze miliyoni imwe (1000.000).

Iyo bavuga ko ubundi ibintu ari ibiterasoni akenshi bashingira ku muco. Ariko ukurikije umuco wa buri gihugu, hari ibyo abagituyemo baba bafata nk’ibiteye isoni.
Impamvu hashyirwaho amategeko biba ari uburyo bwo gufasha abantu bamwe muri sosiyete, kubaho badateza ibibazo muri rubanda.

Kugeza ubu ikibazo ni uko hari ibintu byinshi mu muco abantu batemeranywaho, ariko nko mu Rwanda gukorera ibiterasoni mu ruhame birahanwa.

Muri ibyo biterasoni harimo kwirinda kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe

Kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe

Dec 2, 2025 - 07:20
Dec 2, 2025 - 07:25
 0
Kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe

Ibi byaha mu mategeko mpanabyaha bavuga ko uwabikoze aba yakoze ibiterasoni mu ruhame arahanwa


Mu mategeko y’u Rwanda mu ngingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga ko umuntu wakoze ibiterasoni mu ruhame abihanirwa.

Iyo umuntu yakoze ibiteye isoni mu ruhame ahanwa n’ingingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga hati “Iyo icyaha cy’urukozasoni cyakorewe mu ruhame, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka ibiri (2), ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu y’Amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi maganatanu (500) ariko kitarenze miliyoni imwe (1000.000).

Iyo bavuga ko ubundi ibintu ari ibiterasoni akenshi bashingira ku muco. Ariko ukurikije umuco wa buri gihugu, hari ibyo abagituyemo baba bafata nk’ibiteye isoni.
Impamvu hashyirwaho amategeko biba ari uburyo bwo gufasha abantu bamwe muri sosiyete, kubaho badateza ibibazo muri rubanda.

Kugeza ubu ikibazo ni uko hari ibintu byinshi mu muco abantu batemeranywaho, ariko nko mu Rwanda gukorera ibiterasoni mu ruhame birahanwa.

Muri ibyo biterasoni harimo kwirinda kugaragaza imyanya y’ibanga, kwambara ubusa muri za Videwo z’indirimbo, Gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu hatemewe