issa
Kigali:Ubuhamya bw'uwa somwe n'umutinganyi bitunguranye

Kigali:Ubuhamya bw'uwa somwe n'umutinganyi bitunguranye

May 19, 2025 - 20:05
 0

Uwimpuhwe Moise,ni umusore w'imyaka 30 y'amavuko utuye mu Murenge wa Niboye mu Karere ka Kicukiro wemeza yahohorewe agasomwa n'umuhungu bahuje igitsina wari wigize inkumi.



Uyu musore mu kiganiro yagiranye na Ukwelitimes,yavuze ko atazibagirwa amarorerwa yamubayeho ubwo yasomanaga n'umusore  mugenzi we azi ko ari inkumi yamwikundiye.

Avuga ko yasohokeye mu Kabari gaherereye ahitwa kuri Cosmos mu Murenge wa Nyamirambo maze aza kuhahurira n'umuhungu ubwo yarimo abyina  amubwira ko yamukunze ariko we ntiyarabukwa ko ari umuhungu wigize umusore inkumi.

Avuga ko nyuma y'uko uwo musore wigize inkumi amubwiriye ko yamukunze ndetse agatangira kumukorakora ubwo bari barimo kubyinana,nawe yamubwiye ko yamwishimiye batangira kugwiza urugwirro.

Avuga ko nyuma y'iminota igrr ku 10 babyinana uwo musore yatangiye kumukorakora amwagaza ndetse anashakisha imoko ye ku buryo yashidutse yatangiye gusomanagurira mu ruhame.

Ati "Nkubwiye ibintu byambayeho ntiwabyumva, uziko kubera ko nari nagize ngo nitombireye umwana muto nashidutse turimo gusomagurira mu ruhame  ariko njye simenye ko ari umuhungu kubera uko ateye?"


Akomeza avuga ko yasabye uwo musore w'umutinganyi ko batahana iwe bagakorana imibonano ariko aramwangira.


Ati "Byagezeho numva byashize musaba ko tujya iwanjye arabyanga ngo ntitwatahana ku munsi wa mbere.

Ati "Nagerageje uko nshoboye kose ngo dutahane sha ambera ibamba aranga arabwira ngo azaza ubutaha ngo nta muntu ajya asura n'umwe bakimenyana."

Akomeza avuga ko nyuma y'uko uwo mutinganyi bari barimo kubyinana amwagaje yageragezaga gushaka kumukora ku gitsina ariko ntabyemere.

Ati "Numvise ndagiye noneho nshaka kumukora ku bintu najya nzamura ukuboko akagufata ku buryo ntigeze ndabukwa ko ari igisore cyigenzi cyanjye."

Yasoje avuga ko umuhungu w'inshuti ye ariwe wamusanze aho bari barimo kubyinira aramurembuza amubwira ko uwo bari kubyinana Ari umusore.

Ati "Mugenzi wanjye twari twasohokanye niwe waje aduhagarara imbere arampamagara arambaza ngo wasinze iki ku buryo utinyuka ugasomanira mu ruhame n'umutinganyi?"

Akomeza avuga ko I zoga yari yanyweye zahise zimushoramo m
atangira guciracira muri ako kabari atiyumvisha uburyo yasomanaga n'umusore mugenzi we.

Yongeyeho ko nyuma y'uko amenye ko yasomaniraga mu ruhame n'umusore mugenzi we yahise aza amukubita igipfunsi sko kanya ariko abashinzwe z'umutekano muri ako kabari bahita bagagoboka barabakiza.

Thamimu Hakizimana

Kigali:Ubuhamya bw'uwa somwe n'umutinganyi bitunguranye

May 19, 2025 - 20:05
 0
Kigali:Ubuhamya bw'uwa somwe n'umutinganyi bitunguranye

Uwimpuhwe Moise,ni umusore w'imyaka 30 y'amavuko utuye mu Murenge wa Niboye mu Karere ka Kicukiro wemeza yahohorewe agasomwa n'umuhungu bahuje igitsina wari wigize inkumi.



Uyu musore mu kiganiro yagiranye na Ukwelitimes,yavuze ko atazibagirwa amarorerwa yamubayeho ubwo yasomanaga n'umusore  mugenzi we azi ko ari inkumi yamwikundiye.

Avuga ko yasohokeye mu Kabari gaherereye ahitwa kuri Cosmos mu Murenge wa Nyamirambo maze aza kuhahurira n'umuhungu ubwo yarimo abyina  amubwira ko yamukunze ariko we ntiyarabukwa ko ari umuhungu wigize umusore inkumi.

Avuga ko nyuma y'uko uwo musore wigize inkumi amubwiriye ko yamukunze ndetse agatangira kumukorakora ubwo bari barimo kubyinana,nawe yamubwiye ko yamwishimiye batangira kugwiza urugwirro.

Avuga ko nyuma y'iminota igrr ku 10 babyinana uwo musore yatangiye kumukorakora amwagaza ndetse anashakisha imoko ye ku buryo yashidutse yatangiye gusomanagurira mu ruhame.

Ati "Nkubwiye ibintu byambayeho ntiwabyumva, uziko kubera ko nari nagize ngo nitombireye umwana muto nashidutse turimo gusomagurira mu ruhame  ariko njye simenye ko ari umuhungu kubera uko ateye?"


Akomeza avuga ko yasabye uwo musore w'umutinganyi ko batahana iwe bagakorana imibonano ariko aramwangira.


Ati "Byagezeho numva byashize musaba ko tujya iwanjye arabyanga ngo ntitwatahana ku munsi wa mbere.

Ati "Nagerageje uko nshoboye kose ngo dutahane sha ambera ibamba aranga arabwira ngo azaza ubutaha ngo nta muntu ajya asura n'umwe bakimenyana."

Akomeza avuga ko nyuma y'uko uwo mutinganyi bari barimo kubyinana amwagaje yageragezaga gushaka kumukora ku gitsina ariko ntabyemere.

Ati "Numvise ndagiye noneho nshaka kumukora ku bintu najya nzamura ukuboko akagufata ku buryo ntigeze ndabukwa ko ari igisore cyigenzi cyanjye."

Yasoje avuga ko umuhungu w'inshuti ye ariwe wamusanze aho bari barimo kubyinira aramurembuza amubwira ko uwo bari kubyinana Ari umusore.

Ati "Mugenzi wanjye twari twasohokanye niwe waje aduhagarara imbere arampamagara arambaza ngo wasinze iki ku buryo utinyuka ugasomanira mu ruhame n'umutinganyi?"

Akomeza avuga ko I zoga yari yanyweye zahise zimushoramo m
atangira guciracira muri ako kabari atiyumvisha uburyo yasomanaga n'umusore mugenzi we.

Yongeyeho ko nyuma y'uko amenye ko yasomaniraga mu ruhame n'umusore mugenzi we yahise aza amukubita igipfunsi sko kanya ariko abashinzwe z'umutekano muri ako kabari bahita bagagoboka barabakiza.

Thamimu Hakizimana