issa
Israel Mbonyi yabanje gutinya Bk Arena

Israel Mbonyi yabanje gutinya Bk Arena

Dec 18, 2025 - 11:51
 0

Israel Mbonyi agiye gutaramira muri Bk Arena ku wa 25 Ukuboza 2025 noneho ku ya mbere Mutarama 2026 azataramira I Rubavu kuri Stade ya Nengo. 


Ku wa 18 Ukuboza 2025 muri Kigali Convention Center Israel Mbonyi yaganiriye n'abanyamakuru, abafatanyabikorwa na bamwe mu bayobozi b'ibitangazamakuru ku rugendo rw'ibitaramo yise 'Icyambu'bibera mu bihugu bitandukanye.

Israel Mbonyi yabajijwe impamvu yahisemo itariki ya 25 Ukuboza buri mwaka n'impamvu yahisemo Bk Arena noneho ahishura ko Mushyoma Joseph na David Bayingana aribo bamutinyuye.

Ati"Umunsi umwe nari muri ofisi za Mushyoma Joseph turaganira ansaba ko nafata Bk Arena ariko nabanje kugira ubwoba. David Bayingana yarambwiye ngo Bk Arena tuzayuzuza. Bukeye nagiye kuyisura bwari ubwa mbere nyinjiyemo".

Israel Mbonyi yabonye ko Bk Arena ari nini cyane ariko byose abishyira mu biganza by'Imana. Israel Mbonyi yavuze ko buri gitaramo akora aba yifuza ko buri wese witabiriye aba yumva hari umugisha yatahana.

Israel Mbonyi agiye gutaramira muri Bk Arena ku wa 25 Ukuboza 2025 noneho ku ya mbere Mutarama 2026 azataramira I Rubavu kuri Stade Umuganda. 

Israel Mbonyi yabanje gutinya Bk Arena

Dec 18, 2025 - 11:51
Dec 18, 2025 - 11:55
 0
Israel Mbonyi yabanje gutinya Bk Arena

Israel Mbonyi agiye gutaramira muri Bk Arena ku wa 25 Ukuboza 2025 noneho ku ya mbere Mutarama 2026 azataramira I Rubavu kuri Stade ya Nengo. 


Ku wa 18 Ukuboza 2025 muri Kigali Convention Center Israel Mbonyi yaganiriye n'abanyamakuru, abafatanyabikorwa na bamwe mu bayobozi b'ibitangazamakuru ku rugendo rw'ibitaramo yise 'Icyambu'bibera mu bihugu bitandukanye.

Israel Mbonyi yabajijwe impamvu yahisemo itariki ya 25 Ukuboza buri mwaka n'impamvu yahisemo Bk Arena noneho ahishura ko Mushyoma Joseph na David Bayingana aribo bamutinyuye.

Ati"Umunsi umwe nari muri ofisi za Mushyoma Joseph turaganira ansaba ko nafata Bk Arena ariko nabanje kugira ubwoba. David Bayingana yarambwiye ngo Bk Arena tuzayuzuza. Bukeye nagiye kuyisura bwari ubwa mbere nyinjiyemo".

Israel Mbonyi yabonye ko Bk Arena ari nini cyane ariko byose abishyira mu biganza by'Imana. Israel Mbonyi yavuze ko buri gitaramo akora aba yifuza ko buri wese witabiriye aba yumva hari umugisha yatahana.

Israel Mbonyi agiye gutaramira muri Bk Arena ku wa 25 Ukuboza 2025 noneho ku ya mbere Mutarama 2026 azataramira I Rubavu kuri Stade Umuganda.