issa
Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashinzwe Imari n'Imisoro

Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashinzwe Imari n'Imisoro

Mar 19, 2025 - 19:56
 0

Mu gihe ihuriro AFC/M23 rikomeje kwigarurira uduce dutandukanye mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, iri huriro ryamaze gushyiraho abayobozi bashinzwe Imari, Imiso ndetse n'shoramari.


Ibi bije nyuma y'umunsi umwe gusa ibiganiro by'ubuhuza byari biteganyijwe kubera i Luanda muri Angola Hagati y'ihuriro AFC/M23 na Leta ya Kinshasa bihagaraye bitewe nuko iri huriro ryivanye mu biganiro rivuga ko Kinshasa ikomeje kubarasaho hakoreshejwe indege za gisirikare.

 Mu itangazo ryashyizwe hanze n'ihuriro AFC/M23 ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Werurwe 2025, iri huriro ryashyize mu myanya abayobozi batatu bashinzwe imari. imisoro mdetse n'ishiora mari.

Bwana Mugisha Robert yagizwe umuyobozi mukuru ushinzwe Imari, akaba yungirijwe na bwana Kilo Buhunda, akaba ari umuyobozi wungirije ushinzwe imari y'Igihugu ndetse n'imisoro. Ni mu gihe Fanny Kaj Kayemb yagizwe umuyobozi wungirije ushinwe Imari y'Igihugu n'ishoramari.

Aya makuru aje mu gihe abarwanyi ba M23 kuri uyu wagatatu basatiriye uduce twegere umujyi wa Teritwari ya Walikare yo muri Kivu ya Ruguru, amakuru akaba kandi avuga ko ihuriro AFC/M23 rimaze kwigarurira uduce hafi ya twose two muri Kivu y'Epfo.

Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashinzwe Imari n'Imisoro

Mar 19, 2025 - 19:56
Mar 19, 2025 - 20:24
 0
Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashinzwe Imari n'Imisoro

Mu gihe ihuriro AFC/M23 rikomeje kwigarurira uduce dutandukanye mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, iri huriro ryamaze gushyiraho abayobozi bashinzwe Imari, Imiso ndetse n'shoramari.


Ibi bije nyuma y'umunsi umwe gusa ibiganiro by'ubuhuza byari biteganyijwe kubera i Luanda muri Angola Hagati y'ihuriro AFC/M23 na Leta ya Kinshasa bihagaraye bitewe nuko iri huriro ryivanye mu biganiro rivuga ko Kinshasa ikomeje kubarasaho hakoreshejwe indege za gisirikare.

 Mu itangazo ryashyizwe hanze n'ihuriro AFC/M23 ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Werurwe 2025, iri huriro ryashyize mu myanya abayobozi batatu bashinzwe imari. imisoro mdetse n'ishiora mari.

Bwana Mugisha Robert yagizwe umuyobozi mukuru ushinzwe Imari, akaba yungirijwe na bwana Kilo Buhunda, akaba ari umuyobozi wungirije ushinzwe imari y'Igihugu ndetse n'imisoro. Ni mu gihe Fanny Kaj Kayemb yagizwe umuyobozi wungirije ushinwe Imari y'Igihugu n'ishoramari.

Aya makuru aje mu gihe abarwanyi ba M23 kuri uyu wagatatu basatiriye uduce twegere umujyi wa Teritwari ya Walikare yo muri Kivu ya Ruguru, amakuru akaba kandi avuga ko ihuriro AFC/M23 rimaze kwigarurira uduce hafi ya twose two muri Kivu y'Epfo.