issa
Ibigezweho ku munsi wa 11 mu ntambara yo muri Iran

Ibigezweho ku munsi wa 11 mu ntambara yo muri Iran

Mar 11, 2026 - 09:09
 0

Imibare rero yerekana ko ibitero bya misile byo ku ruhande rw'Amerika na Israel bimaze gusenya ibikorwa remezo by'abasivile bisaga 10,000. Abantu basaga 1300 biciwe muri iriya ntambara. 


Intambara ishyamiranyije Amerika, Israel na Iran igeze ku munsi wa 11. Ubwo yatangiraga Amerika na Israel bari baziko izamara igihe gito kuko bumvaga ko kwica bamwe mu buyobozi bakomeye bizaca intege Iran noneho ikamanika amaboko ikemera kujya mu biganiro.

 Siko byagenze rero abayobozi barenga 40 barishwe, barimo umuyobozi w'ikirenga ufatwa nk'uri hejuru y'ubuyobozi bwo muri Iran.

Ni iyicwa rya Ayatollah Ali Khamenei waguye mu bitero bya drone.

Nyuma rero,akanama k'inararibonye kagizwe n'abagabo 88 bashinzwe kugena uyobora Iran, bashyizeho umuhungu wa Ali Khamenei witwa Mojtaba Khamenei.

Nyuma y'uko Iran ishyizeho Ayatollah mushya, Perezida Donald Trump na Minisitiri Benjamin Netanyahu bavuze ko bazamwica nkuko bishe se.

Imibare rero yerekana ko ibitero bya misile byo ku ruhande rw'Amerika na Israel bimaze gusenya ibikorwa remezo by'abasivile bisaga 10,000. Abantu basaga 1300 biciwe muri iriya ntambara. 

Ibigezweho ku munsi wa 11 mu ntambara yo muri Iran

Mar 11, 2026 - 09:09
 0
Ibigezweho ku munsi wa 11 mu ntambara yo muri Iran

Imibare rero yerekana ko ibitero bya misile byo ku ruhande rw'Amerika na Israel bimaze gusenya ibikorwa remezo by'abasivile bisaga 10,000. Abantu basaga 1300 biciwe muri iriya ntambara. 


Intambara ishyamiranyije Amerika, Israel na Iran igeze ku munsi wa 11. Ubwo yatangiraga Amerika na Israel bari baziko izamara igihe gito kuko bumvaga ko kwica bamwe mu buyobozi bakomeye bizaca intege Iran noneho ikamanika amaboko ikemera kujya mu biganiro.

 Siko byagenze rero abayobozi barenga 40 barishwe, barimo umuyobozi w'ikirenga ufatwa nk'uri hejuru y'ubuyobozi bwo muri Iran.

Ni iyicwa rya Ayatollah Ali Khamenei waguye mu bitero bya drone.

Nyuma rero,akanama k'inararibonye kagizwe n'abagabo 88 bashinzwe kugena uyobora Iran, bashyizeho umuhungu wa Ali Khamenei witwa Mojtaba Khamenei.

Nyuma y'uko Iran ishyizeho Ayatollah mushya, Perezida Donald Trump na Minisitiri Benjamin Netanyahu bavuze ko bazamwica nkuko bishe se.

Imibare rero yerekana ko ibitero bya misile byo ku ruhande rw'Amerika na Israel bimaze gusenya ibikorwa remezo by'abasivile bisaga 10,000. Abantu basaga 1300 biciwe muri iriya ntambara.