issa
Davido yashimye umubyeyi we wamufashije

Davido yashimye umubyeyi we wamufashije

Jan 23, 2026 - 11:57
 0

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Davido, yashimye cyane umubyeyi we wamufashije mu rugendo rwe rwa muzika ye kuva agitangira mu myaka myinshi ishize.


Davido avuga ko kuva na kera yahoze yifuza kugera ku ntego ikomeye mu muziki ariko ibyo byose akaba yarabifashijwemo n'ababyeyi be.

Ni mu kiganiro uyu muhanzi yatangaje ubwo yari kuri televiziyo, aho yibutsaga abantu bose cyane cyane abana kwibuka abantu babafashije kugera ku ntego zabo.

Uyu muhanzi yagize ati:" kuva na kera nahoze nifuza gukora umuziki, ariko muri urwo rugendo rwose nanyuzemo nari kumwe n'umubyeyi wange, niwe muntu wenyine wambaye hafi, ndamushima cyane Imana imuhe imigisha myinshi cyane". 

Ukweli Times ibibutse ko Davido ari umwe mu bahanzi bakunze kwibuka no guha agaciro abantu bamufashije muri muzika ye, aho usanga ashima cyane buri muntu wese wamufashije kugera ku nsinzi ye muri muzika.

Davido yashimye umubyeyi we wamufashije

Jan 23, 2026 - 11:57
Jan 23, 2026 - 12:14
 0
Davido yashimye umubyeyi we wamufashije

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Davido, yashimye cyane umubyeyi we wamufashije mu rugendo rwe rwa muzika ye kuva agitangira mu myaka myinshi ishize.


Davido avuga ko kuva na kera yahoze yifuza kugera ku ntego ikomeye mu muziki ariko ibyo byose akaba yarabifashijwemo n'ababyeyi be.

Ni mu kiganiro uyu muhanzi yatangaje ubwo yari kuri televiziyo, aho yibutsaga abantu bose cyane cyane abana kwibuka abantu babafashije kugera ku ntego zabo.

Uyu muhanzi yagize ati:" kuva na kera nahoze nifuza gukora umuziki, ariko muri urwo rugendo rwose nanyuzemo nari kumwe n'umubyeyi wange, niwe muntu wenyine wambaye hafi, ndamushima cyane Imana imuhe imigisha myinshi cyane". 

Ukweli Times ibibutse ko Davido ari umwe mu bahanzi bakunze kwibuka no guha agaciro abantu bamufashije muri muzika ye, aho usanga ashima cyane buri muntu wese wamufashije kugera ku nsinzi ye muri muzika.