issa
Buregeya Prince w AS Kigali yabonye ikipe muri Kenya

Buregeya Prince w AS Kigali yabonye ikipe muri Kenya

Aug 22, 2025 - 10:27
 0

Umukinyi wa AS Kigali, Buregeya Prince wakinaga na Myugariro, yerekeje mu ikipe ya Nairobi United FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Kenya.


Iyi kipe ya Nairobi United FC, uyu mukinnyi Buregeya yerekejemo ikaba izakina irushanwa rya  CAF Confederations Cup nyuma yo kwegukana igikombe cy’Igihugu umwaka ushize w’imikino.

Buregeya Prince, ni umwe muri ba myugariro beza, aho yanyuze muri APR FC yanazamukiyemo mbere yo kwerekeza muri AS Kigali aherukamo.

Biteganyijwe ko Nairobi United FC, mu ijonjora ry’ibanze izakina na NEC FC yo muri Uganda.

Nairobi United ntabwo ari ikipe y’ubukombe muri Kenya kubera ko yazamutse mu Cyiciro cya Mbere uyu mwaka, nyuma yo kwegukana igikombe cyo mu Cyiciro cya Kabiri.

Buregeya Prince w AS Kigali yabonye ikipe muri Kenya

Aug 22, 2025 - 10:27
 0
Buregeya Prince w AS Kigali yabonye ikipe muri Kenya

Umukinyi wa AS Kigali, Buregeya Prince wakinaga na Myugariro, yerekeje mu ikipe ya Nairobi United FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Kenya.


Iyi kipe ya Nairobi United FC, uyu mukinnyi Buregeya yerekejemo ikaba izakina irushanwa rya  CAF Confederations Cup nyuma yo kwegukana igikombe cy’Igihugu umwaka ushize w’imikino.

Buregeya Prince, ni umwe muri ba myugariro beza, aho yanyuze muri APR FC yanazamukiyemo mbere yo kwerekeza muri AS Kigali aherukamo.

Biteganyijwe ko Nairobi United FC, mu ijonjora ry’ibanze izakina na NEC FC yo muri Uganda.

Nairobi United ntabwo ari ikipe y’ubukombe muri Kenya kubera ko yazamutse mu Cyiciro cya Mbere uyu mwaka, nyuma yo kwegukana igikombe cyo mu Cyiciro cya Kabiri.