issa
Abanyamahanga 64 bahambirijwe izuba riva

Abanyamahanga 64 bahambirijwe izuba riva

Aug 20, 2025 - 11:30
 0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya bikorwa twavuze haruguru bari bijanditsemo.


Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya bikorwa twavuze haruguru bari bijanditsemo.

Polisi yagize iti”Nta muntu numwe uri hejuru y’amategeko mu Rwanda kandi abakora urugomo kimwe n’ibindi byaha barakurikiranwa ntavangura”.

Kugeza ubu inzego zirimo Polisi,Ubugenzacyaha,Ubushinjacyaha n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka bari gukorana n’abayobozi bo muri za ambasade zihagarariye ibihugu byabo mu Rwanda mu rwego rwo kubakangurira kubahiriza amategeko.

Abanyamahanga 64 bahambirijwe izuba riva

Aug 20, 2025 - 11:30
 0
Abanyamahanga 64 bahambirijwe izuba riva

Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya bikorwa twavuze haruguru bari bijanditsemo.


Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya bikorwa twavuze haruguru bari bijanditsemo.

Polisi yagize iti”Nta muntu numwe uri hejuru y’amategeko mu Rwanda kandi abakora urugomo kimwe n’ibindi byaha barakurikiranwa ntavangura”.

Kugeza ubu inzego zirimo Polisi,Ubugenzacyaha,Ubushinjacyaha n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka bari gukorana n’abayobozi bo muri za ambasade zihagarariye ibihugu byabo mu Rwanda mu rwego rwo kubakangurira kubahiriza amategeko.