Ykee Benda agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki

Ykee Benda agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki

Mar 6, 2025 - 18:01
 0

Ykee Benda wamamaye mu ndirimbo nka Farmer, Obangaina, n'izindi yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki.


Umuhanzi Wycliff Tugume [Ykee Benda], yatangaje ko ateganya gukora igitaramo cye cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki, kizaba muri uyu mwaka cyangwa mu ntangiriro za 2026.

Mu kwezi kwa Nzeri mu 2025, Ykee Benda azaba yujuje imyaka icumi amaze mu muziki, akaba ateganya kuyizihiza akora igitaramo.

Ykee Benda yumvikanye cyane mu matwi y'abakunzi b'umuziki mu 2016 ubwo yasubiranagamo indirimbo 'Farmer' na Sheebah, yaje gukundwa na benshi.

Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na Galaxy TV, nibwo yatangaje ko ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu ruganda rw’umuziki.

Avuga ko agomba kugikora muri uyu mwaka wa 2025 cyangwa bitarenze muri Mutarama 2026.

Ykee Benda ni umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakoranye n'abahanzi benshi bo mu Rwanda 

Anselme Tuyizere Media Personality/Sports-Entertainment Tel:+250791737786 Email: [email protected]

Ykee Benda agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki

Mar 6, 2025 - 18:01
Mar 6, 2025 - 19:52
 0
Ykee Benda agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki

Ykee Benda wamamaye mu ndirimbo nka Farmer, Obangaina, n'izindi yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki.


Umuhanzi Wycliff Tugume [Ykee Benda], yatangaje ko ateganya gukora igitaramo cye cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki, kizaba muri uyu mwaka cyangwa mu ntangiriro za 2026.

Mu kwezi kwa Nzeri mu 2025, Ykee Benda azaba yujuje imyaka icumi amaze mu muziki, akaba ateganya kuyizihiza akora igitaramo.

Ykee Benda yumvikanye cyane mu matwi y'abakunzi b'umuziki mu 2016 ubwo yasubiranagamo indirimbo 'Farmer' na Sheebah, yaje gukundwa na benshi.

Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na Galaxy TV, nibwo yatangaje ko ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu ruganda rw’umuziki.

Avuga ko agomba kugikora muri uyu mwaka wa 2025 cyangwa bitarenze muri Mutarama 2026.

Ykee Benda ni umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakoranye n'abahanzi benshi bo mu Rwanda 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.