issa
Tadej Bogcar azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare

Tadej Bogcar azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare

Jul 30, 2025 - 11:28
 0

Umunya-Solvenia ukina umukino w’Amagare, Tadej Bogcar, yatangaje ko azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare.


Uyu mukinnyi ukomeye cyane mu mukino w’Amagare, azaba ari mu Rwanda tariki 21 kugeza 28 Nzeri 2025 . Ni irushanwa rizaba ririmo ibyamamare byinshi bizwi cyane mu magare.

Pogacar, w’imyaka 26, yatsinze Tour de France ku nshuro ya kane tariki 27 Nyakanga 2025, bikomeza kumugira umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare muri iki gihe.

Uyu mukinnyi w’Umunya-slovenia yatwaye umudali wa zahabu mu mukino wo gusiganwa mu marushanwa y’Isi aheruka, ubwo yagabaga igitero gikomeye kuva ku birometero 100 mbere y’umusozo. Uyu musore arashaka kongera gutsindira iki gikombe mu marushanwa y’Isi azabera mu Rwanda mu kwezi kwa Nzeri.

Tadej Bogcar ukiniraa UAE Team Emirates-XRG yavuze ko yishimiye kuzasubira mu irushanwa mu mikino y’umunsi umwe izabera muri Canada (Quebec na Montreal) hagati muri Nzeri.

Yagize ati “Ndishimye kugaruka muri Canada, ayo marushanwa arakomeye, ni meza kandi ahuye n’imikinire yanjye. Ndifuza kugaruka nkatsinda neza muri icyo gice cy’ihiganwa no kwitegura by’umwihariko amarushanwa y’Isi.”

Vuelta niyo Grand Tour yonyine Pogacar ataratwara, aho yabaye uwa gatatu muri 2019. Amarushanwa y’Isi yo mu 2025 azaba ku nshuro ya mbere ku mugabane wa Afurika, akazabera mu murwa mukuru w’u Rwanda, Kigali.

Pogacar extends Tour de France lead by winning stage 14 in PyreneesTadej Bogcar azaba ari mu rwanda muri shampiyona y'isi y'Amagare

Philcollens Sports Journalist Tel: 0784798373

Tadej Bogcar azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare

Jul 30, 2025 - 11:28
 0
Tadej Bogcar azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare

Umunya-Solvenia ukina umukino w’Amagare, Tadej Bogcar, yatangaje ko azaba ari mu Rwanda muri Shampiyona y’isi y’Amagare.


Uyu mukinnyi ukomeye cyane mu mukino w’Amagare, azaba ari mu Rwanda tariki 21 kugeza 28 Nzeri 2025 . Ni irushanwa rizaba ririmo ibyamamare byinshi bizwi cyane mu magare.

Pogacar, w’imyaka 26, yatsinze Tour de France ku nshuro ya kane tariki 27 Nyakanga 2025, bikomeza kumugira umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare muri iki gihe.

Uyu mukinnyi w’Umunya-slovenia yatwaye umudali wa zahabu mu mukino wo gusiganwa mu marushanwa y’Isi aheruka, ubwo yagabaga igitero gikomeye kuva ku birometero 100 mbere y’umusozo. Uyu musore arashaka kongera gutsindira iki gikombe mu marushanwa y’Isi azabera mu Rwanda mu kwezi kwa Nzeri.

Tadej Bogcar ukiniraa UAE Team Emirates-XRG yavuze ko yishimiye kuzasubira mu irushanwa mu mikino y’umunsi umwe izabera muri Canada (Quebec na Montreal) hagati muri Nzeri.

Yagize ati “Ndishimye kugaruka muri Canada, ayo marushanwa arakomeye, ni meza kandi ahuye n’imikinire yanjye. Ndifuza kugaruka nkatsinda neza muri icyo gice cy’ihiganwa no kwitegura by’umwihariko amarushanwa y’Isi.”

Vuelta niyo Grand Tour yonyine Pogacar ataratwara, aho yabaye uwa gatatu muri 2019. Amarushanwa y’Isi yo mu 2025 azaba ku nshuro ya mbere ku mugabane wa Afurika, akazabera mu murwa mukuru w’u Rwanda, Kigali.

Pogacar extends Tour de France lead by winning stage 14 in PyreneesTadej Bogcar azaba ari mu rwanda muri shampiyona y'isi y'Amagare