issa
Premium construction yashyize igorora abafite imishinga y’ubwubatsi

Premium construction yashyize igorora abafite imishinga y’ubwubatsi

Aug 5, 2025 - 10:16
 0

Ikigo cya premium construction gikorera i Remera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, cyashyizeho gahunda yo gufasha abantu bose bafite imishinga y’ubwubatsi mu Rwanda.


Ikigo cya premium construction gikorera i Remera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, cyashyizeho gahunda yo gufasha abantu bose bafite imishinga y’ubwubatsi mu Rwanda.

Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko bwashyizeho gahunda zo gufasha abanyarwanda n’abandi bantu bose bafite gahunda yo kubaka mu gihugu inzu nziza zigendanye n’igihe.

 Umuyobozi mukuru wa Premium construction, Eng. Emile Nshimiyimana, yabwiye UKWELITIMES, ko hari imishinga y’ubwubatsi itandukanye bafasha abashaka kubaka inyubako nziza mu Rwanda.

 Avuga ko bubakira inzu abantu mu buryo butandukanye n’ibyangombwa byo kuzubaka ndetse bashobora no kubashakira ibibanza bifuza ku giciro gihendutse.

 Yagize ati “ Abantu bafite igishoro gifatika cyo kubaka inzu nziza turabibafasha tukanabafasha kuzitegura mu buryo bugezweho tukanabafashamo kumeya aho zakubakwa.”

 Yakomeje avuga ko bafasha abantu yaba abari mu gihugu n’ababa hanze gutegura umushinga y’ubwubatsi ibinjiriza agatubutse

 Ati “ Umuntu ufite bushobozi cyangwa akazi tumufasha kuba yashora imari mu bwubatsi rikamubyarira amafaranga menshi kandi mu gihe cyose kandi mu ituze yaba afite akazi ke agakomeza kugakora atarinze kuhagera, we gusa akajya acungana n’ubutumwa bw’amafaranga buza kuri konti ye.”

 Eng. Emile, yongeyeho ko bafasha abantu bafite igishoro kubaka inzu nziza ahantu heza no kuzitegura mu buryo bugezweho ndetse no kubafashamo kumeya ahantu heza hatekanye zakubakwa no kubahuza n’abafite inzu zikodeshwa n’abazishaka.

 

Premium construction yashyize igorora abafite imishinga y’ubwubatsi

Aug 5, 2025 - 10:16
Aug 5, 2025 - 10:55
 0
Premium construction yashyize igorora abafite imishinga y’ubwubatsi

Ikigo cya premium construction gikorera i Remera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, cyashyizeho gahunda yo gufasha abantu bose bafite imishinga y’ubwubatsi mu Rwanda.


Ikigo cya premium construction gikorera i Remera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, cyashyizeho gahunda yo gufasha abantu bose bafite imishinga y’ubwubatsi mu Rwanda.

Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko bwashyizeho gahunda zo gufasha abanyarwanda n’abandi bantu bose bafite gahunda yo kubaka mu gihugu inzu nziza zigendanye n’igihe.

 Umuyobozi mukuru wa Premium construction, Eng. Emile Nshimiyimana, yabwiye UKWELITIMES, ko hari imishinga y’ubwubatsi itandukanye bafasha abashaka kubaka inyubako nziza mu Rwanda.

 Avuga ko bubakira inzu abantu mu buryo butandukanye n’ibyangombwa byo kuzubaka ndetse bashobora no kubashakira ibibanza bifuza ku giciro gihendutse.

 Yagize ati “ Abantu bafite igishoro gifatika cyo kubaka inzu nziza turabibafasha tukanabafasha kuzitegura mu buryo bugezweho tukanabafashamo kumeya aho zakubakwa.”

 Yakomeje avuga ko bafasha abantu yaba abari mu gihugu n’ababa hanze gutegura umushinga y’ubwubatsi ibinjiriza agatubutse

 Ati “ Umuntu ufite bushobozi cyangwa akazi tumufasha kuba yashora imari mu bwubatsi rikamubyarira amafaranga menshi kandi mu gihe cyose kandi mu ituze yaba afite akazi ke agakomeza kugakora atarinze kuhagera, we gusa akajya acungana n’ubutumwa bw’amafaranga buza kuri konti ye.”

 Eng. Emile, yongeyeho ko bafasha abantu bafite igishoro kubaka inzu nziza ahantu heza no kuzitegura mu buryo bugezweho ndetse no kubafashamo kumeya ahantu heza hatekanye zakubakwa no kubahuza n’abafite inzu zikodeshwa n’abazishaka.