issa
Thailand: Igitero cy’indege za gisirikare cyahitanye abanyeshuri basaga 19

Thailand: Igitero cy’indege za gisirikare cyahitanye abanyeshuri basaga 19

Sep 13, 2025 - 13:21
 0

Itsinda ry’agisirikare rya b’Abanyamuryango ba Arakan ryatangaje ko abana babanyeshuri basaga 19 bahitanwe ni gitero cy’indege za gisirikare cyakozwe na biyita Myanmar Army mu ntara ya Rakhine iherereye mu burengerazuba bw’igihugu cya Thailand.


Iki gisirikare cya Arakan cyavuze ko icyo gitero cyagabwe kuri uyu wa gatanu Nzeri aho ngo cyagabwe ku bigo bibiri bya mashuri yisumbuye yigenga mu murenge wa Kyauktaw ndetse ngo kikaba cyagabwe mu masaha ya nijoro kigahitana abanyeshuri basaga 19 bari mu myaka ya 15 na 21, naho abandi bagera kuri 22 bagakomereka.

Ibi byamenyekanye ubwo icyo gisirikare cya Arakan cyabitangazaga mu itangazo ryashyizwe kuri Telegram ku wa 13 Nzeri 2025, aho abo basirikare bavuze ko bababajwe n’icyo gitero cyahitanye inzira karengane z’abanyeshuri ndetse ko banihanganisha bikomeye imiryango yabuze ababo bazize ubusa.

Naho itangazamakuru ryo muri iyo ntara ya Rakhine rya bwiwe ko uwo mutwe wa Myanmar wifashishije indege za gisirikare zikarasa bombi ebyiri ziremereye kuri ibyo bigo bibiri by’amashuri yisumbuye mu masaha ya nijoro ubwo ngo abanyeshuri bari baryamye.

Kurundi ruhande UNICEF ibi nyujije mu itangazo ryayo, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga yamaganiye kure icyo gitero ivuga ko ari igitero cy’ubu gome bukabije cyane ndetse ko cyongereye ubukana bw’ibyaha by’ihohoterwa rikomeje kwiyongera muri iyo ntara ya Rakhine.

Ibyo byose bikavugwa ko biterwa n’uko muri iyo ntara ya Rakhine nta mutekano na muke uharangwa, nyuma y’uko abasirikare baho bahambuwe n’ingabo za ba civili mu mwaka wa 2021, ndetse ko iki gihugu cya Thailand gikomeje kwibasirwa n’ingabo za ba civili bavuga ko bagomba kubaho biyobora.

Icyakora ngo Ubuyobozi bw’igisirikare cya Thailand bukomeje guhangana n’imyigaragambyo n’imitwe y’abarwanya ubutegetsi mu bice bitandukanye, ndetse ko Atari ubwa mbere iyo mitwe ya ba civili biyita abasirikare bagabye igitero hakoreshejwe indege mu kurasa abatutage na banyeshuri muri iyo ntara.

Thailand: Igitero cy’indege za gisirikare cyahitanye abanyeshuri basaga 19

Sep 13, 2025 - 13:21
Sep 13, 2025 - 13:43
 0
Thailand: Igitero cy’indege za gisirikare cyahitanye abanyeshuri basaga 19

Itsinda ry’agisirikare rya b’Abanyamuryango ba Arakan ryatangaje ko abana babanyeshuri basaga 19 bahitanwe ni gitero cy’indege za gisirikare cyakozwe na biyita Myanmar Army mu ntara ya Rakhine iherereye mu burengerazuba bw’igihugu cya Thailand.


Iki gisirikare cya Arakan cyavuze ko icyo gitero cyagabwe kuri uyu wa gatanu Nzeri aho ngo cyagabwe ku bigo bibiri bya mashuri yisumbuye yigenga mu murenge wa Kyauktaw ndetse ngo kikaba cyagabwe mu masaha ya nijoro kigahitana abanyeshuri basaga 19 bari mu myaka ya 15 na 21, naho abandi bagera kuri 22 bagakomereka.

Ibi byamenyekanye ubwo icyo gisirikare cya Arakan cyabitangazaga mu itangazo ryashyizwe kuri Telegram ku wa 13 Nzeri 2025, aho abo basirikare bavuze ko bababajwe n’icyo gitero cyahitanye inzira karengane z’abanyeshuri ndetse ko banihanganisha bikomeye imiryango yabuze ababo bazize ubusa.

Naho itangazamakuru ryo muri iyo ntara ya Rakhine rya bwiwe ko uwo mutwe wa Myanmar wifashishije indege za gisirikare zikarasa bombi ebyiri ziremereye kuri ibyo bigo bibiri by’amashuri yisumbuye mu masaha ya nijoro ubwo ngo abanyeshuri bari baryamye.

Kurundi ruhande UNICEF ibi nyujije mu itangazo ryayo, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga yamaganiye kure icyo gitero ivuga ko ari igitero cy’ubu gome bukabije cyane ndetse ko cyongereye ubukana bw’ibyaha by’ihohoterwa rikomeje kwiyongera muri iyo ntara ya Rakhine.

Ibyo byose bikavugwa ko biterwa n’uko muri iyo ntara ya Rakhine nta mutekano na muke uharangwa, nyuma y’uko abasirikare baho bahambuwe n’ingabo za ba civili mu mwaka wa 2021, ndetse ko iki gihugu cya Thailand gikomeje kwibasirwa n’ingabo za ba civili bavuga ko bagomba kubaho biyobora.

Icyakora ngo Ubuyobozi bw’igisirikare cya Thailand bukomeje guhangana n’imyigaragambyo n’imitwe y’abarwanya ubutegetsi mu bice bitandukanye, ndetse ko Atari ubwa mbere iyo mitwe ya ba civili biyita abasirikare bagabye igitero hakoreshejwe indege mu kurasa abatutage na banyeshuri muri iyo ntara.