issa
Nicki Minaj yasubije Trevor Noah 

Nicki Minaj yasubije Trevor Noah 

Feb 3, 2026 - 18:04
 0

Umuraperikazi Nicki Minaj yasubije umunyarwenya Trevor Noah ku magambo yamuvuzeho mu itangwa rya Grammy Award ku nshuro ya 68.


Nicki Minaj anyuze kuri X yasubije Trevor Noah mu burakari bwinshi aho yavuze ko izina rye ririnzwe n'Imana. Yagize ati"Mu byo bari gukora uyu mugoroba, Imana Ishobora byose iziyerekana. Ibyo bitambo byabo bizabagaruka. 

Imana ntishinyagurirwa. Hahirwa izina rikomeye rya Yesu Kristo. Ururimi rwose ruzamvugaho urubanza ruzatsindwa kandi ruzakozwa isoni.”

Trevor Noah yaserereje Nicki Minaj na Perezida Donald Trump aho yavuze ko bakiri kumwe muri White House biga ku ngingo zikomeye.

Trump nawe yavuze ko azajyana mu nkiko Trevor Noah nubwo akenshi biba bigamije kwisanzura mu gutanga ibitekerezo. 

Grammy award yabaye ku ya 01 Mutarama I Los Angeles mu nyubako ya Crypto.com Arena, California. Ni ibihembo byakurikiwe n'abantu benshi mu nguni z'isi .

Nicki Minaj yasubije Trevor Noah 

Feb 3, 2026 - 18:04
 0
Nicki Minaj yasubije Trevor Noah 

Umuraperikazi Nicki Minaj yasubije umunyarwenya Trevor Noah ku magambo yamuvuzeho mu itangwa rya Grammy Award ku nshuro ya 68.


Nicki Minaj anyuze kuri X yasubije Trevor Noah mu burakari bwinshi aho yavuze ko izina rye ririnzwe n'Imana. Yagize ati"Mu byo bari gukora uyu mugoroba, Imana Ishobora byose iziyerekana. Ibyo bitambo byabo bizabagaruka. 

Imana ntishinyagurirwa. Hahirwa izina rikomeye rya Yesu Kristo. Ururimi rwose ruzamvugaho urubanza ruzatsindwa kandi ruzakozwa isoni.”

Trevor Noah yaserereje Nicki Minaj na Perezida Donald Trump aho yavuze ko bakiri kumwe muri White House biga ku ngingo zikomeye.

Trump nawe yavuze ko azajyana mu nkiko Trevor Noah nubwo akenshi biba bigamije kwisanzura mu gutanga ibitekerezo. 

Grammy award yabaye ku ya 01 Mutarama I Los Angeles mu nyubako ya Crypto.com Arena, California. Ni ibihembo byakurikiwe n'abantu benshi mu nguni z'isi .