Mu nkengero z'i Walikare M23 yarasanye na FARDC  rubura gica

Mu nkengero z'i Walikare M23 yarasanye na FARDC rubura gica

Mar 18, 2025 - 17:02
 0

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025 mu gace ka i Mpofi, gaherereye nko mu birometero 50 uvuye i Walikale mu majyaruguru ya Kivu habereye imirwano ikaze yahuje Ingabo za Leta ya Congo 'FARDC' n’umutwe wa M23.


Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza,imirwano yakajije umurego kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, aho impande zombi zahanganye uruhande rumwe rushaka kwirukana urundi ngo rutigarurira  igice cyose cya Walikale.

Amakuru abuga ko bitewe n’ubukana iyi mirwano yari ifite, abaturage benshi bo mu isantire ‘Centre’ ya Walikale  bahungiye mu gace ka i Lubutu, mu gihe abandi berekeje i Kisangani.

Ku wa mbere tariki ya 17 Werurwe, nabwo ingabo za Kongo, ku bufatanye na Wazalendo, bashoze intambara kuri  M23  mu gice yarimo ariko ntiyanyurwa hanyuma kuri uyu wa kabiri yongera bongera kuyigabaho igitero nayo yirwaho imirwano ikaze itangira ubwo.

Amakuru atangazwa na Mediacongo, avuga abaturage b’i Walikale basanzwe bafite intege nke, baguye muri iyi mirwano.Ni mu gihe ubuzima n’imibereho bikomeje kuba bibi ahabera isibaniro y’intambara.

 

Mu nkengero z'i Walikare M23 yarasanye na FARDC rubura gica

Mar 18, 2025 - 17:02
 0
Mu nkengero z'i Walikare M23 yarasanye na FARDC  rubura gica

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025 mu gace ka i Mpofi, gaherereye nko mu birometero 50 uvuye i Walikale mu majyaruguru ya Kivu habereye imirwano ikaze yahuje Ingabo za Leta ya Congo 'FARDC' n’umutwe wa M23.


Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza,imirwano yakajije umurego kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, aho impande zombi zahanganye uruhande rumwe rushaka kwirukana urundi ngo rutigarurira  igice cyose cya Walikale.

Amakuru abuga ko bitewe n’ubukana iyi mirwano yari ifite, abaturage benshi bo mu isantire ‘Centre’ ya Walikale  bahungiye mu gace ka i Lubutu, mu gihe abandi berekeje i Kisangani.

Ku wa mbere tariki ya 17 Werurwe, nabwo ingabo za Kongo, ku bufatanye na Wazalendo, bashoze intambara kuri  M23  mu gice yarimo ariko ntiyanyurwa hanyuma kuri uyu wa kabiri yongera bongera kuyigabaho igitero nayo yirwaho imirwano ikaze itangira ubwo.

Amakuru atangazwa na Mediacongo, avuga abaturage b’i Walikale basanzwe bafite intege nke, baguye muri iyi mirwano.Ni mu gihe ubuzima n’imibereho bikomeje kuba bibi ahabera isibaniro y’intambara.

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.