Burera: Abantu babiri bakubiswe n’inkuba bahita bapfa
Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025.
Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025.
Uwitwa Benegusenga Alpha w’imyaka 14 wo mu Kagari ka Kivumu mu Murenge wa Nemba, yakubitiwe n'inkuba mu muryango w'inzu ya sekuru avuye gucyura amatungo Saa kumi n'ebyiri, mu gihe uwitwa Nyamugira Bernard w’imyaka 67, wo mu Murenge wa Gitovu, we inkuba yamukubitiye mu mvura yagwaga ahita apfa.
Umuyobozi w’Akarere ka Burera Mukamana Solange, yemeje ko aya amakuru bayamenye, ndetse bakoze na raporo.


Kinyarwanda
English
Swahili









