issa
APR FC imaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bashya

APR FC imaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bashya

Jun 9, 2025 - 10:45
 0

Ikipe ya APR FC yamaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bose bakomoka hano mu Rwanda.


Muri iyi wikendi turangije, nibwo ikipe ya APR FC yihariye cyane imbuga nkoranyambaga nyuma y’amakuru yashyizwe hanze n’umunyamakuru uyikurikira cyane, Kalisa Bruno Taifa.

Uyu munyamakuru yatangaje ko ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha abakinnyi 3 barimo Bugingo Hakim na Iraguha Hadji bakiniraga Rayon Sports ndetse na Ngabonziza Pacifique ukina muri Police FC.

Ikipe ya APR FC bivugwa ko aba bakinnyi yabatanzeho amafaranga atari munsi ya Milliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Bugingo Hakim biravugwa ko yatanzweho Milliyoni 25, Iraguha Hadji akaba yaratanzweho Milliyoni 20. Uyu musore wakinaga muri Police FC bivugwa ko nawe yatanzweho Milliyoni zitari munsi ya 20.

Kugeza ubu ikipe ya APR FC ntabwo irabona umutoza mukuru nyuma y’abamaze iminsi bayivugwamo ariko kandi iracyanavugana n’abandi bakinnyi barimo Henry Msanga.

Iraguha yagobotoye Rayon Sports Rutsiro ya Gatera; AS Kigali ikomerezaho  muri Shampiyona y'u Rwanda [AMAFOTO] - Kglnews

Iraguha Hadji yamaze kwerekeza muri APR FC

Rayon Sports Official on X: Bugingo Hakim yamaze kwerekeza muri APR FC

APR FC yahereye ku isoko ry'abakina imbere mu Gihugu – Umuseke

Ngabonziza Pacifique nawe yerekeje muri APR FC

 

Philcollens Sports Journalist Tel: 0784798373

APR FC imaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bashya

Jun 9, 2025 - 10:45
Jun 9, 2025 - 10:45
 0
APR FC imaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bashya

Ikipe ya APR FC yamaze kurangizanya n’abakinnyi 3 bose bakomoka hano mu Rwanda.


Muri iyi wikendi turangije, nibwo ikipe ya APR FC yihariye cyane imbuga nkoranyambaga nyuma y’amakuru yashyizwe hanze n’umunyamakuru uyikurikira cyane, Kalisa Bruno Taifa.

Uyu munyamakuru yatangaje ko ikipe ya APR FC yamaze gusinyisha abakinnyi 3 barimo Bugingo Hakim na Iraguha Hadji bakiniraga Rayon Sports ndetse na Ngabonziza Pacifique ukina muri Police FC.

Ikipe ya APR FC bivugwa ko aba bakinnyi yabatanzeho amafaranga atari munsi ya Milliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Bugingo Hakim biravugwa ko yatanzweho Milliyoni 25, Iraguha Hadji akaba yaratanzweho Milliyoni 20. Uyu musore wakinaga muri Police FC bivugwa ko nawe yatanzweho Milliyoni zitari munsi ya 20.

Kugeza ubu ikipe ya APR FC ntabwo irabona umutoza mukuru nyuma y’abamaze iminsi bayivugwamo ariko kandi iracyanavugana n’abandi bakinnyi barimo Henry Msanga.

Iraguha yagobotoye Rayon Sports Rutsiro ya Gatera; AS Kigali ikomerezaho  muri Shampiyona y'u Rwanda [AMAFOTO] - Kglnews

Iraguha Hadji yamaze kwerekeza muri APR FC

Rayon Sports Official on X: Bugingo Hakim yamaze kwerekeza muri APR FC

APR FC yahereye ku isoko ry'abakina imbere mu Gihugu – Umuseke

Ngabonziza Pacifique nawe yerekeje muri APR FC