issa
Amasegonda ku masegonda - uko abanyakigali barebaga isozwa rya 2025 (Amafoto)

Amasegonda ku masegonda - uko abanyakigali barebaga isozwa rya 2025 (Amafoto)

Jan 1, 2026 - 00:28
 0

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, bitabiriye ibirori byo kurasa umwaka byabereye mu bice bitandukanye by'uyu Mujyi.


Ibi biroro byatangiriye ahantu hatandukanye harimo kuri Pele stadium i Nyamirambo n'ahandi saa sita zuzuye z'ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa kane tariki 1 Mutarama 2026, ubwo hishimirwaga itangira ry'umunsi wa mbere w'uyu mwaka.

Bamwe mu baturage babwiye UKWELITIMES, ko bishimiye ibirori byo kurasa umwaka mushya wa 2026 byabaye.

Birorimana Yves yagize ati "Byari byiza cyane pe kandi turashimira ubuyobozi buba bwaduteguriye ikintu nk'iki."

Umutse Aliane we yagize ati " Nibwo bwa mbere nari mbibonye gusa byari bihebuje."

Bigirimana Mfaume, we yavuze ko yishimisjijwe cyane gutangirama umwaka mushya n'umukunzi we.

Ati " Nari nifuje ko biba kuri uyu munsi none birabaye, Umukunzi we yambwiraga ko ntari buze aha ariko mutunguye bari kuwurasa nawe arumirwa."

Amasegonda ku masegonda - uko abanyakigali barebaga isozwa rya 2025 (Amafoto)

Jan 1, 2026 - 00:28
Jan 1, 2026 - 02:09
 0
Amasegonda ku masegonda - uko abanyakigali barebaga isozwa rya 2025 (Amafoto)

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, bitabiriye ibirori byo kurasa umwaka byabereye mu bice bitandukanye by'uyu Mujyi.


Ibi biroro byatangiriye ahantu hatandukanye harimo kuri Pele stadium i Nyamirambo n'ahandi saa sita zuzuye z'ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa kane tariki 1 Mutarama 2026, ubwo hishimirwaga itangira ry'umunsi wa mbere w'uyu mwaka.

Bamwe mu baturage babwiye UKWELITIMES, ko bishimiye ibirori byo kurasa umwaka mushya wa 2026 byabaye.

Birorimana Yves yagize ati "Byari byiza cyane pe kandi turashimira ubuyobozi buba bwaduteguriye ikintu nk'iki."

Umutse Aliane we yagize ati " Nibwo bwa mbere nari mbibonye gusa byari bihebuje."

Bigirimana Mfaume, we yavuze ko yishimisjijwe cyane gutangirama umwaka mushya n'umukunzi we.

Ati " Nari nifuje ko biba kuri uyu munsi none birabaye, Umukunzi we yambwiraga ko ntari buze aha ariko mutunguye bari kuwurasa nawe arumirwa."