issa
Abantu 100 bamaze guhanwa bazira guhenda abagenzi

Abantu 100 bamaze guhanwa bazira guhenda abagenzi

Apr 18, 2026 - 08:45
 0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko rumaze guhana abantu 100 batwara abagenzi mu buryo rusange, kubera kuzamura ibiciro by’ingendo rusange nyuma y’amasaha make hatangajwe ibiciro bishya bya lisansi.


RURA itangaje ibi nyuma yo gutangaza ibiciro bishya by'ingendo.

Ubutumwa bwashyizwe hanze n’uru rwego ku wa 17 Mata 2026 bugira buti: ”Abagera hafi ku 100 bamaze guhanwa .”

Ku wa 16 Mata 2026 ni bwo (RURA), yatangaje ko igiciro cya litiro ya lisansi cyazamuwe kiva kuri 2 303 Frw kigera kuri 2 938 Frw; bivuze ko cyiyongeyeho 635 Frw.

Ni mu gihe igiciro cya litiro ya mazutu cyo cyagumye kuri 2 205 Frw. Ibyo biciro bishya bya lisansi byatangiye gukurikizwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mata 2026.

Abantu 100 bamaze guhanwa bazira guhenda abagenzi

Apr 18, 2026 - 08:45
Apr 18, 2026 - 08:50
 0
Abantu 100 bamaze guhanwa bazira guhenda abagenzi

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko rumaze guhana abantu 100 batwara abagenzi mu buryo rusange, kubera kuzamura ibiciro by’ingendo rusange nyuma y’amasaha make hatangajwe ibiciro bishya bya lisansi.


RURA itangaje ibi nyuma yo gutangaza ibiciro bishya by'ingendo.

Ubutumwa bwashyizwe hanze n’uru rwego ku wa 17 Mata 2026 bugira buti: ”Abagera hafi ku 100 bamaze guhanwa .”

Ku wa 16 Mata 2026 ni bwo (RURA), yatangaje ko igiciro cya litiro ya lisansi cyazamuwe kiva kuri 2 303 Frw kigera kuri 2 938 Frw; bivuze ko cyiyongeyeho 635 Frw.

Ni mu gihe igiciro cya litiro ya mazutu cyo cyagumye kuri 2 205 Frw. Ibyo biciro bishya bya lisansi byatangiye gukurikizwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mata 2026.