U Burusiya bwongeye kugaba ibitero  simusiga birimo n'ibya Drone muri Ukraine

U Burusiya bwongeye kugaba ibitero simusiga birimo n'ibya Drone muri Ukraine

Apr 27, 2025 - 18:49
 0

Ubuyobozi bwa Ukraine, burashinja Uburusiya kugaba igitero simusiga by’indege zitagira abaderevu n’ibitero by’indege bihitana byibuze abantu bane, abandi benshi barakomereka.


Ni ibitero byagabwe  nyuma y’umunsi umwe Perezida w’Amerika Donald Trump ashidikanya ku bushake bwa Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bwo guhagarika intambara.

Ubushinjacyaha bwo mu karere ka Donetsk, bwatangaje ko kuri  icyi cyumweru, Uburusiya bwateye ibisasu bitatu muri uwo mujyi, uherereye mu birometero 10 uvuye ahari ibirindiro byabo.

Ibisasu byatewe byahitanye, umugabo n'umugore  n’abandi babiri basangiye isano binasenya kandi amazu 21. Amashusho yagaragaye yerekanaga inzu y’amagorofa yasenyutse hamwe n’imodoka zangiritse.

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku munsi w’ejo ubwo yari i Vatican mu muhango wo gushyingura Papa Francis, yagiranye ikiganiro na Zelenskyy cyamaze iminota 15. Nyuma yaho yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko yibaza niba Perezida Putin afite ubushake bwo guhagarika intambara.

 

 

 

U Burusiya bwongeye kugaba ibitero simusiga birimo n'ibya Drone muri Ukraine

Apr 27, 2025 - 18:49
 0
U Burusiya bwongeye kugaba ibitero  simusiga birimo n'ibya Drone muri Ukraine

Ubuyobozi bwa Ukraine, burashinja Uburusiya kugaba igitero simusiga by’indege zitagira abaderevu n’ibitero by’indege bihitana byibuze abantu bane, abandi benshi barakomereka.


Ni ibitero byagabwe  nyuma y’umunsi umwe Perezida w’Amerika Donald Trump ashidikanya ku bushake bwa Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bwo guhagarika intambara.

Ubushinjacyaha bwo mu karere ka Donetsk, bwatangaje ko kuri  icyi cyumweru, Uburusiya bwateye ibisasu bitatu muri uwo mujyi, uherereye mu birometero 10 uvuye ahari ibirindiro byabo.

Ibisasu byatewe byahitanye, umugabo n'umugore  n’abandi babiri basangiye isano binasenya kandi amazu 21. Amashusho yagaragaye yerekanaga inzu y’amagorofa yasenyutse hamwe n’imodoka zangiritse.

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku munsi w’ejo ubwo yari i Vatican mu muhango wo gushyingura Papa Francis, yagiranye ikiganiro na Zelenskyy cyamaze iminota 15. Nyuma yaho yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko yibaza niba Perezida Putin afite ubushake bwo guhagarika intambara.

 

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.