issa
Mr Eazi agiye kumurika inzu yubatse mu Rwanda

Mr Eazi agiye kumurika inzu yubatse mu Rwanda

Sep 20, 2025 - 15:32
 0

Nyuma y’uko Mr Eazi atangaje ko sosiyete yo gucuruza iby'amahirwe 'Chop Life Gaming' aho kinjiriza u Rwanda miliyali 17 kuva mu 2022.


Umuhanzi uri mu bakize muri Afurika Mr Eazi yashyize ishoramari rye mu bihugu bisaga 18 byo muri Afurika.

Iryo shoramari yararyaguye rigera mu Rwanda aho afite ubucuruzi bw'amahirwe 'betting ' ndetse no kubaka amacumbi azakira abantu 500. Biteganyijwe ko izo nzu zizatahwa mu Ukuboza 2025.

Mr Eazi agiye kumurika inzu yubatse mu Rwanda

Sep 20, 2025 - 15:32
 0
Mr Eazi agiye kumurika inzu yubatse mu Rwanda

Nyuma y’uko Mr Eazi atangaje ko sosiyete yo gucuruza iby'amahirwe 'Chop Life Gaming' aho kinjiriza u Rwanda miliyali 17 kuva mu 2022.


Umuhanzi uri mu bakize muri Afurika Mr Eazi yashyize ishoramari rye mu bihugu bisaga 18 byo muri Afurika.

Iryo shoramari yararyaguye rigera mu Rwanda aho afite ubucuruzi bw'amahirwe 'betting ' ndetse no kubaka amacumbi azakira abantu 500. Biteganyijwe ko izo nzu zizatahwa mu Ukuboza 2025.