Minisitiri w'Intebe Ngirente yahaye umukoro  abo mu turere twa Ngororero na Burera

Minisitiri w'Intebe Ngirente yahaye umukoro abo mu turere twa Ngororero na Burera

Mar 1, 2025 - 19:59
 0

Abaturage bo mu turere twa Ngororero na Burera basabwe gukomeza kujya bibungabungira umutekano kuko ariwo musingi w’iterambere


Babisabwe na Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ubwo yari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri utu turere aherekejwe n’abandi bayobozi.

.

Abaturage bakora imirimo itandukanye by’umwihariko abakora  mu birombe bavuga ko bashimira leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka byose bituma abanyamahanga bahitamo kuzana ibikorwa byabo mu Rwanda, bakabyukiramo babona akazi.

 Ni nyuma yo gusura sura ibikorwa by’umushoramari, Ray Power, uturuka mu Bwongereza, ufite uruganda rucukura rukanatunganya amabuye y’agaciro ya Coltan na Cassiterite ruherereye mu Karere ka Ngororero.

Ubwo yasozaga uru ruzinduko muri utu Turere twombi, Minisitiri Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga 2025 B, ndetse asura n’ibindi bikorwa bitandukanye by’iterambere.

Minisitiri w'Intebe Ngirente yahaye umukoro abo mu turere twa Ngororero na Burera

Mar 1, 2025 - 19:59
 0
Minisitiri w'Intebe Ngirente yahaye umukoro  abo mu turere twa Ngororero na Burera

Abaturage bo mu turere twa Ngororero na Burera basabwe gukomeza kujya bibungabungira umutekano kuko ariwo musingi w’iterambere


Babisabwe na Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ubwo yari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri utu turere aherekejwe n’abandi bayobozi.

.

Abaturage bakora imirimo itandukanye by’umwihariko abakora  mu birombe bavuga ko bashimira leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka byose bituma abanyamahanga bahitamo kuzana ibikorwa byabo mu Rwanda, bakabyukiramo babona akazi.

 Ni nyuma yo gusura sura ibikorwa by’umushoramari, Ray Power, uturuka mu Bwongereza, ufite uruganda rucukura rukanatunganya amabuye y’agaciro ya Coltan na Cassiterite ruherereye mu Karere ka Ngororero.

Ubwo yasozaga uru ruzinduko muri utu Turere twombi, Minisitiri Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga 2025 B, ndetse asura n’ibindi bikorwa bitandukanye by’iterambere.

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.