Kinshasa: Ba Ofisiye 40  ba 'FARDC' baherutse gutangaza ko bashyize iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi basabiwe kwicwa

Kinshasa: Ba Ofisiye 40 ba 'FARDC' baherutse gutangaza ko bashyize iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi basabiwe kwicwa

Apr 25, 2025 - 11:06
 0

Mu minsi ishize nibwo itsinda ry’abasirikare nibura 40 b’ingabo z’igihugu cya DRC (FARDC) baherutse kwifata amashusho ubwo bari bari muri hoteli imwe muri komini ya Bandalungwa i Kinshasa, bavuga ko bashyizeho iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi bakatiwe igihano cy’urupfu.


Muri iyo videwo hagaragaramo abo basirikare bakuru bo mu rwego rwa ba Ofisiye, batangaza  ko iherezo ry’ubutegetsi bwa Tshisekedi ryageze ,kandi ko ubutegetsi bwe bwigaruriwe n’igisirikare.

Muri ayo mashusho kandi , umu ofisiye ufite ipeti rya Coloneli, ni we wasomye imbwirwaruhame igaragaza ko ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi bwamaze gushyirwaho iherezo.

Aba basirikare  ba FARDC bose kugeza ubu barafashwe bafungirwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo muri komini ya Balumbu. bakaba barimo kuburanishwa n'ubutabera bwa gisirikare i Kinshasa, aho basabiwe  igihano cy’urupfu.

 

 

Kinshasa: Ba Ofisiye 40 ba 'FARDC' baherutse gutangaza ko bashyize iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi basabiwe kwicwa

Apr 25, 2025 - 11:06
Apr 25, 2025 - 11:31
 0
Kinshasa: Ba Ofisiye 40  ba 'FARDC' baherutse gutangaza ko bashyize iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi basabiwe kwicwa

Mu minsi ishize nibwo itsinda ry’abasirikare nibura 40 b’ingabo z’igihugu cya DRC (FARDC) baherutse kwifata amashusho ubwo bari bari muri hoteli imwe muri komini ya Bandalungwa i Kinshasa, bavuga ko bashyizeho iherezo ku butegetsi bwa Tshisekedi bakatiwe igihano cy’urupfu.


Muri iyo videwo hagaragaramo abo basirikare bakuru bo mu rwego rwa ba Ofisiye, batangaza  ko iherezo ry’ubutegetsi bwa Tshisekedi ryageze ,kandi ko ubutegetsi bwe bwigaruriwe n’igisirikare.

Muri ayo mashusho kandi , umu ofisiye ufite ipeti rya Coloneli, ni we wasomye imbwirwaruhame igaragaza ko ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi bwamaze gushyirwaho iherezo.

Aba basirikare  ba FARDC bose kugeza ubu barafashwe bafungirwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo muri komini ya Balumbu. bakaba barimo kuburanishwa n'ubutabera bwa gisirikare i Kinshasa, aho basabiwe  igihano cy’urupfu.

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.